Ezira 1:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Ibikoresho byose bicuzwe muri zahabu n’ifeza byari ibihumbi bitanu na magana ane. Ibyo byose Sheshibazari+ yabizamukanye ubwo abari barajyanywe mu bunyage+ bavaga i Babuloni bakajya i Yerusalemu. Ezira 2:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Ni bo bazanye na Zerubabeli,+ Yeshuwa,+ Nehemiya, Seraya,+ Relaya, Moridekayi, Bilushani, Misipari, Bigivayi, Rehumu na Bayana. Dore umubare w’abagabo b’Abisirayeli: Zekariya 4:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Uri iki wa musozi munini we?+ Imbere ya Zerubabeli+ uzaba nk’ubutaka bushashe. Kandi azazana ibuye rikomeza imfuruka.+ Bazaribwira+ bati “rirashimishije! Rirashimishije!”’”+ Matayo 1:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nyuma yo kujyanwa mu bunyage i Babuloni, Yekoniya yabyaye Salatiyeli;+Salatiyeli yabyaye Zerubabeli;+
11 Ibikoresho byose bicuzwe muri zahabu n’ifeza byari ibihumbi bitanu na magana ane. Ibyo byose Sheshibazari+ yabizamukanye ubwo abari barajyanywe mu bunyage+ bavaga i Babuloni bakajya i Yerusalemu.
2 Ni bo bazanye na Zerubabeli,+ Yeshuwa,+ Nehemiya, Seraya,+ Relaya, Moridekayi, Bilushani, Misipari, Bigivayi, Rehumu na Bayana. Dore umubare w’abagabo b’Abisirayeli:
7 Uri iki wa musozi munini we?+ Imbere ya Zerubabeli+ uzaba nk’ubutaka bushashe. Kandi azazana ibuye rikomeza imfuruka.+ Bazaribwira+ bati “rirashimishije! Rirashimishije!”’”+
12 Nyuma yo kujyanwa mu bunyage i Babuloni, Yekoniya yabyaye Salatiyeli;+Salatiyeli yabyaye Zerubabeli;+