Yesaya 60:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 60 “Yewe mugore, haguruka+ umurike+ kuko umucyo wawe uje,+ n’ikuzo rya Yehova rikaba rikurabagiranaho.+ Yesaya 66:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 “Nzashyira ikimenyetso hagati yabo,+ nohereze mu mahanga bamwe mu barokotse,+ mbohereze i Tarushishi+ n’i Puli n’i Ludi,+ mu babanga imiheto, i Tubali n’i Yavani+ mu birwa+ bya kure cyane bitigeze byumva ibyanjye cyangwa ngo bibone ikuzo ryanjye;+ kandi bazavuga ikuzo ryanjye mu mahanga.+ Matayo 28:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Ku bw’ibyo rero, nimugende muhindure abigishwa+ mu bantu bo mu mahanga yose,+ mubabatiza+ mu izina rya Data+ n’iry’Umwana+ n’iry’umwuka wera,+ 1 Petero 2:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Ariko mwebwe muri “ubwoko bwatoranyijwe, abatambyi n’abami, ishyanga ryera,+ abantu Imana yatoranyije ngo babe umutungo wayo,+ kugira ngo mutangaze mu mahanga yose imico ihebuje”+ y’uwabahamagaye akabakura mu mwijima, akabageza mu mucyo utangaje.+ Ibyahishuwe 14:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Nuko mbona undi mumarayika aguruka aringanije ijuru,+ kandi yari afite ubutumwa bwiza+ bw’iteka kugira ngo abutangaze bube inkuru ishimishije ku batuye ku isi, n’amahanga yose n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.+
60 “Yewe mugore, haguruka+ umurike+ kuko umucyo wawe uje,+ n’ikuzo rya Yehova rikaba rikurabagiranaho.+
19 “Nzashyira ikimenyetso hagati yabo,+ nohereze mu mahanga bamwe mu barokotse,+ mbohereze i Tarushishi+ n’i Puli n’i Ludi,+ mu babanga imiheto, i Tubali n’i Yavani+ mu birwa+ bya kure cyane bitigeze byumva ibyanjye cyangwa ngo bibone ikuzo ryanjye;+ kandi bazavuga ikuzo ryanjye mu mahanga.+
19 Ku bw’ibyo rero, nimugende muhindure abigishwa+ mu bantu bo mu mahanga yose,+ mubabatiza+ mu izina rya Data+ n’iry’Umwana+ n’iry’umwuka wera,+
9 Ariko mwebwe muri “ubwoko bwatoranyijwe, abatambyi n’abami, ishyanga ryera,+ abantu Imana yatoranyije ngo babe umutungo wayo,+ kugira ngo mutangaze mu mahanga yose imico ihebuje”+ y’uwabahamagaye akabakura mu mwijima, akabageza mu mucyo utangaje.+
6 Nuko mbona undi mumarayika aguruka aringanije ijuru,+ kandi yari afite ubutumwa bwiza+ bw’iteka kugira ngo abutangaze bube inkuru ishimishije ku batuye ku isi, n’amahanga yose n’imiryango yose n’indimi zose n’amoko yose.+