Kuva 19:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Nuko umusozi wose wa Sinayi ucumba umwotsi+ bitewe n’uko Yehova yawumanukiyeho ari mu muriro.+ Umwotsi wawo ukomeza kuzamuka umeze nk’umwotsi w’itanura,+ kandi uwo musozi wose waratigitaga cyane.+ Kuva 20:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Icyo gihe abantu bose bumvaga inkuba n’ijwi ry’ihembe, kandi bakabona imirabyo n’umusozi ucumba umwotsi. Abantu babibonye bahinda umushyitsi bahagarara kure.+ Abacamanza 5:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Yehova, igihe wazaga uturutse i Seyiri,+Ubwo wazaga uturutse mu karere ka Edomu,+Isi yahinze umushyitsi,+ ijuru rirajojoba,+Ibicu na byo bitonyanga amazi. Zab. 29:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Akayakinagiza nk’inyana.+Akinagiza Libani na Siriyoni+ nk’ibimasa by’ishyamba bikiri bito. Zab. 68:8 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 8 Isi yaratigise,+N’ijuru rirajojoba bitewe n’Imana;+ Umusozi wa Sinayi na wo uratigita bitewe n’Imana,+ ari yo Mana ya Isirayeli.+ Yeremiya 4:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Nitegereje imisozi mbona itigita, n’udusozi twose tunyeganyega.+ Habakuki 3:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Yarahagaze kugira ngo ajegeze isi.+ Yararebye atuma amahanga ahinda umushyitsi.+ Imisozi ihoraho yarajanjaguritse;+ udusozi turiho kugeza ibihe bitarondoreka twarunamye.+ Izo ni zo nzira ze za kera.
18 Nuko umusozi wose wa Sinayi ucumba umwotsi+ bitewe n’uko Yehova yawumanukiyeho ari mu muriro.+ Umwotsi wawo ukomeza kuzamuka umeze nk’umwotsi w’itanura,+ kandi uwo musozi wose waratigitaga cyane.+
18 Icyo gihe abantu bose bumvaga inkuba n’ijwi ry’ihembe, kandi bakabona imirabyo n’umusozi ucumba umwotsi. Abantu babibonye bahinda umushyitsi bahagarara kure.+
4 Yehova, igihe wazaga uturutse i Seyiri,+Ubwo wazaga uturutse mu karere ka Edomu,+Isi yahinze umushyitsi,+ ijuru rirajojoba,+Ibicu na byo bitonyanga amazi.
8 Isi yaratigise,+N’ijuru rirajojoba bitewe n’Imana;+ Umusozi wa Sinayi na wo uratigita bitewe n’Imana,+ ari yo Mana ya Isirayeli.+
6 Yarahagaze kugira ngo ajegeze isi.+ Yararebye atuma amahanga ahinda umushyitsi.+ Imisozi ihoraho yarajanjaguritse;+ udusozi turiho kugeza ibihe bitarondoreka twarunamye.+ Izo ni zo nzira ze za kera.