2 Samweli 22:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 Abicisha bugufi uzabakiza;+Ariko igitsure cyawe kiri ku bishyira hejuru kugira ngo ubacishe bugufi.+ Zab. 10:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Ubwibone bw’umuntu mubi butuma adashakashaka;+Mu bitekerezo bye byose aba yibwira ati “nta Mana ibaho.”+ Zab. 18:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Kuko uzakiza imbabare;+Ariko amaso yishyira hejuru uzayacisha bugufi.+ Zab. 101:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Umuntu wese usebya mugenzi we rwihishwa,+Ndamucecekesha.+ Umuntu wese ufite amaso y’ubwibone n’umutima wirata+Sinamwihanganira.+ Imigani 6:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 amaso y’ubwibone,+ ururimi rubeshya+ n’amaboko avusha amaraso y’utariho urubanza,+ Imigani 14:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Inkoni y’ubwibone iri mu kanwa k’umupfapfa,+ ariko iminwa y’abanyabwenge izabarinda.+ Yesaya 2:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Amaso y’ubwibone y’umuntu wakuwe mu mukungugu azacishwa bugufi, kandi abantu bishyira hejuru bazasuzugurika.+ Yehova ni we wenyine uzashyirwa hejuru kuri uwo munsi,+ Luka 18:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Ndababwira ko uwo muntu yasubiye iwe agaragaye ko ari umukiranutsi+ kurusha uwo muntu wundi, kubera ko uwishyira hejuru azacishwa bugufi, kandi uwicisha bugufi azashyirwa hejuru.”+ 1 Petero 5:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Mu buryo nk’ubwo, namwe basore, mugandukire+ ababaruta ubukuru. Ariko mwese mukenyere kwiyoroshya mu mishyikirano mugirana,+ kuko Imana irwanya abishyira hejuru, ariko abicisha bugufi ikabagaragariza ubuntu bwayo butagereranywa.+
28 Abicisha bugufi uzabakiza;+Ariko igitsure cyawe kiri ku bishyira hejuru kugira ngo ubacishe bugufi.+
4 Ubwibone bw’umuntu mubi butuma adashakashaka;+Mu bitekerezo bye byose aba yibwira ati “nta Mana ibaho.”+
5 Umuntu wese usebya mugenzi we rwihishwa,+Ndamucecekesha.+ Umuntu wese ufite amaso y’ubwibone n’umutima wirata+Sinamwihanganira.+
11 Amaso y’ubwibone y’umuntu wakuwe mu mukungugu azacishwa bugufi, kandi abantu bishyira hejuru bazasuzugurika.+ Yehova ni we wenyine uzashyirwa hejuru kuri uwo munsi,+
14 Ndababwira ko uwo muntu yasubiye iwe agaragaye ko ari umukiranutsi+ kurusha uwo muntu wundi, kubera ko uwishyira hejuru azacishwa bugufi, kandi uwicisha bugufi azashyirwa hejuru.”+
5 Mu buryo nk’ubwo, namwe basore, mugandukire+ ababaruta ubukuru. Ariko mwese mukenyere kwiyoroshya mu mishyikirano mugirana,+ kuko Imana irwanya abishyira hejuru, ariko abicisha bugufi ikabagaragariza ubuntu bwayo butagereranywa.+