Abalewi 20:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 “‘Nihagira umuntu uvuma se cyangwa nyina+ azicwe.+ Azaba avumye se cyangwa nyina. Amaraso ye azamubarweho.+ Gutegeka kwa Kabiri 27:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 “‘Havumwe umuntu wese usuzugura se cyangwa nyina.’+ (Abantu bose bazavuge bati ‘Amen!’) Imigani 19:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Umwana ufata se nabi kandi akamenesha nyina,+ aba ari umwana ukora ibiteye isoni kandi bigayitse.+ Imigani 20:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 Umuntu uvuma se na nyina,+ itara rye rizazima haje umwijima.+ Mariko 7:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Ariko mwe muravuga muti ‘niba umuntu abwiye se cyangwa nyina ati “icyo mfite cyari kukugirira umumaro ni korubani,+ (ni ukuvuga ituro ryagenewe+ Imana,)”’ 2 Timoteyo 3:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 kuko abantu bazaba bikunda, bakunda amafaranga, birarira, bishyira hejuru, batuka Imana, batumvira ababyeyi,+ ari indashima, ari abahemu,+
9 “‘Nihagira umuntu uvuma se cyangwa nyina+ azicwe.+ Azaba avumye se cyangwa nyina. Amaraso ye azamubarweho.+
26 Umwana ufata se nabi kandi akamenesha nyina,+ aba ari umwana ukora ibiteye isoni kandi bigayitse.+
11 Ariko mwe muravuga muti ‘niba umuntu abwiye se cyangwa nyina ati “icyo mfite cyari kukugirira umumaro ni korubani,+ (ni ukuvuga ituro ryagenewe+ Imana,)”’
2 kuko abantu bazaba bikunda, bakunda amafaranga, birarira, bishyira hejuru, batuka Imana, batumvira ababyeyi,+ ari indashima, ari abahemu,+