11 Ikintu cyose yagikoze ari cyiza mu gihe cyacyo.+ Ndetse yashyize mu mitima y’abantu igitekerezo cyo kubaho iteka,+ ku buryo batazigera basobanukirwa mu buryo bwuzuye umurimo Imana y’ukuri yakoze uhereye mu ntangiriro ukageza ku iherezo.+
5 Nk’uko udashobora kumenya uko umwuka ukorera mu magufwa y’umwana uri mu nda y’umugore utwite,+ ni na ko udashobora kumenya imirimo y’Imana y’ukuri, yo ikora ibintu byose.+