6 Mu gihugu hazasigaramo utwo guhumba gusa, nk’igihe bakubise igiti cy’umwelayo maze ku mutwe w’agashami hagasigaraho imbuto ebyiri cyangwa eshatu zihishije, naho ishami ryeze imbuto rigasigaraho enye cyangwa eshanu,” ni ko Yehova Imana ya Isirayeli avuga.+