2 Ibyo ku Ngoma 16:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ariko Asa arakarira uwo bamenya amushyira mu mbago mu nzu y’imbohe,+ kuko ibyo yari amubwiye byari bimurakaje.+ Icyo gihe atangira kugirira nabi+ n’abandi bantu. 2 Ibyo ku Ngoma 18:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Umwami wa Isirayeli abwira Yehoshafati+ ati “hari undi mugabo+ watubariza Yehova; ariko jye ndamwanga+ kuko atajya ampanurira ibyiza, ahubwo buri gihe ampanurira ibibi.+ Ni Mikaya mwene Imula.”+ Icyakora Yehoshafati aravuga ati “umwami ntakavuge ijambo nk’iryo.”+ 2 Ibyo ku Ngoma 24:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Yehova akomeza kubatumaho abahanuzi+ kugira ngo bamugarukire; abo bahanuzi barababuriraga ariko bakavunira ibiti mu matwi.+ Yeremiya 11:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 Ni yo mpamvu Yehova avuga iby’abo muri Anatoti+ bahiga ubugingo bwawe, bakavuga bati “ntugahanure mu izina rya Yehova+ tutazakwica”; Yeremiya 26:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Nuko abatambyi n’abahanuzi babwira abatware na rubanda rwose bati “uyu muntu akwiriye gucirwa urwo gupfa+ bitewe n’ibyo yahanuriye uyu mugi nk’uko namwe mwabyiyumviye.”+ Ibyakozwe 4:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Ariko kugira ngo bidakomeza gusakara hose mu bantu, nimureke tubashyireho iterabwoba, tubabwire ko batazongera kugira uwo bavugana na we bagira icyo bamubwira muri iryo zina.”+
10 Ariko Asa arakarira uwo bamenya amushyira mu mbago mu nzu y’imbohe,+ kuko ibyo yari amubwiye byari bimurakaje.+ Icyo gihe atangira kugirira nabi+ n’abandi bantu.
7 Umwami wa Isirayeli abwira Yehoshafati+ ati “hari undi mugabo+ watubariza Yehova; ariko jye ndamwanga+ kuko atajya ampanurira ibyiza, ahubwo buri gihe ampanurira ibibi.+ Ni Mikaya mwene Imula.”+ Icyakora Yehoshafati aravuga ati “umwami ntakavuge ijambo nk’iryo.”+
19 Yehova akomeza kubatumaho abahanuzi+ kugira ngo bamugarukire; abo bahanuzi barababuriraga ariko bakavunira ibiti mu matwi.+
21 Ni yo mpamvu Yehova avuga iby’abo muri Anatoti+ bahiga ubugingo bwawe, bakavuga bati “ntugahanure mu izina rya Yehova+ tutazakwica”;
11 Nuko abatambyi n’abahanuzi babwira abatware na rubanda rwose bati “uyu muntu akwiriye gucirwa urwo gupfa+ bitewe n’ibyo yahanuriye uyu mugi nk’uko namwe mwabyiyumviye.”+
17 Ariko kugira ngo bidakomeza gusakara hose mu bantu, nimureke tubashyireho iterabwoba, tubabwire ko batazongera kugira uwo bavugana na we bagira icyo bamubwira muri iryo zina.”+