30 Yehova aravuga ati ‘mwandike ko uyu mugabo atagira abana,+ ko ari umugabo w’umunyambaraga utazagira icyo ageraho mu minsi yo kubaho kwe, kuko mu rubyaro rwe hatazagira n’umwe ugira icyo ageraho,+ ngo yicare ku ntebe y’ubwami ya Dawidi+ kandi ategeke u Buyuda.’”