11 Ariko ndababwira ko hari benshi bazaturuka iburasirazuba n’iburengerazuba,+ bakaza bakicarana ku meza na Aburahamu na Isaka na Yakobo mu bwami+ bw’ijuru;+
19 Kandi nubwo ukwizera kwe kutigeze gucogora, yabonaga ko icyo gihe umubiri we wari waramaze gupfa,+ kuko yari afite hafi imyaka ijana,+ kandi n’inda ibyara ya Sara ikaba yarasaga n’iyapfuye.+