Ezira 10:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 None rero, nimuze dusezerane+ n’Imana yacu ko twirukana+ abagore bose n’abana babyaye dukurikije umwanzuro wa Yehova n’uw’abatinya+ itegeko+ ry’Imana yacu, kugira ngo byose bikorwe mu buryo buhuje n’amategeko.+ Yesaya 66:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 “Dore ibyo byose ukuboko kwanjye ni ko kwabiremye, byose bibaho,”+ ni ko Yehova avuga. “Uwo nzitaho ni uyu: ni imbabare ifite umutima umenetse,+ igahindishwa umushyitsi n’ijambo ryanjye.+ Yeremiya 36:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Bumvise ayo magambo yose, barebana bafite ubwoba, maze babwira Baruki bati “turabwira umwami ayo magambo yose nta kabuza.”+ Habakuki 3:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Narabyumvise ibyo mu nda birigorora; numvise iyo nkuru iminwa yanjye irasusumira, amagufwa yanjye atangira kumungwa;+ muri iyo mimerere nari ndimo, nari mpangayitse. Nzategereza umunsi w’amakuba ntuje.+ Kuko uzibasira abantu+ ukabagabaho igitero.
3 None rero, nimuze dusezerane+ n’Imana yacu ko twirukana+ abagore bose n’abana babyaye dukurikije umwanzuro wa Yehova n’uw’abatinya+ itegeko+ ry’Imana yacu, kugira ngo byose bikorwe mu buryo buhuje n’amategeko.+
2 “Dore ibyo byose ukuboko kwanjye ni ko kwabiremye, byose bibaho,”+ ni ko Yehova avuga. “Uwo nzitaho ni uyu: ni imbabare ifite umutima umenetse,+ igahindishwa umushyitsi n’ijambo ryanjye.+
16 Bumvise ayo magambo yose, barebana bafite ubwoba, maze babwira Baruki bati “turabwira umwami ayo magambo yose nta kabuza.”+
16 Narabyumvise ibyo mu nda birigorora; numvise iyo nkuru iminwa yanjye irasusumira, amagufwa yanjye atangira kumungwa;+ muri iyo mimerere nari ndimo, nari mpangayitse. Nzategereza umunsi w’amakuba ntuje.+ Kuko uzibasira abantu+ ukabagabaho igitero.