2 Abami 9:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Umurinzi+ wari uhagaze ku munara+ w’i Yezereli+ abona ikivunge cy’ingabo za Yehu zije, ahita avuga ati “mbonye ikivunge cy’abantu benshi.” Yehoramu aravuga ati “fata umuntu ugendera ku ifarashi umwohereze ajye kubasanganira ababaze ati ‘ese ni amahoro?’”+ Yesaya 62:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Yerusalemu we, nashyize abarinzi ku nkuta zawe.+ Ntibazigere na rimwe baceceka amanywa yose n’ijoro ryose.+ “Mwebwe abavuga izina rya Yehova,+ ntimuzigere mutuza,+ Yeremiya 51:12 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 12 Nimushinge ikimenyetso ku nkuta z’i Babuloni.+ Mwongere abarinzi,+ mushyire abarinzi mu myanya yabo. Mushyireho abo guca igico,+ kuko Yehova yatekereje kugirira nabi abaturage b’i Babuloni, kandi azasohoza ibyo yabavuzeho.”+ Ezekiyeli 3:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 “Mwana w’umuntu we, nakugize umurinzi w’ab’inzu ya Isirayeli.+ Wumve amagambo ava mu kanwa kanjye maze ubagezeho imiburo mbaha.+ Ezekiyeli 33:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 maze akabona inkota ije iteye igihugu akavuza ihembe aburira abantu,+ Habakuki 2:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Nzahagarara aho ndindira,+ nzakomeza guhagarara hejuru y’igihome; nzakomeza kuba maso+ kugira ngo ntegereze icyo azavuga binyuze kuri jye,+ ndebe n’icyo nzasubiza nancyaha.+ Matayo 24:45 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 45 “Mu by’ukuri se, ni nde mugaragu wizerwa kandi w’umunyabwenge,+ shebuja yashinze abandi bagaragu be ngo ajye abaha ibyokurya mu gihe gikwiriye?+
17 Umurinzi+ wari uhagaze ku munara+ w’i Yezereli+ abona ikivunge cy’ingabo za Yehu zije, ahita avuga ati “mbonye ikivunge cy’abantu benshi.” Yehoramu aravuga ati “fata umuntu ugendera ku ifarashi umwohereze ajye kubasanganira ababaze ati ‘ese ni amahoro?’”+
6 Yerusalemu we, nashyize abarinzi ku nkuta zawe.+ Ntibazigere na rimwe baceceka amanywa yose n’ijoro ryose.+ “Mwebwe abavuga izina rya Yehova,+ ntimuzigere mutuza,+
12 Nimushinge ikimenyetso ku nkuta z’i Babuloni.+ Mwongere abarinzi,+ mushyire abarinzi mu myanya yabo. Mushyireho abo guca igico,+ kuko Yehova yatekereje kugirira nabi abaturage b’i Babuloni, kandi azasohoza ibyo yabavuzeho.”+
17 “Mwana w’umuntu we, nakugize umurinzi w’ab’inzu ya Isirayeli.+ Wumve amagambo ava mu kanwa kanjye maze ubagezeho imiburo mbaha.+
2 Nzahagarara aho ndindira,+ nzakomeza guhagarara hejuru y’igihome; nzakomeza kuba maso+ kugira ngo ntegereze icyo azavuga binyuze kuri jye,+ ndebe n’icyo nzasubiza nancyaha.+
45 “Mu by’ukuri se, ni nde mugaragu wizerwa kandi w’umunyabwenge,+ shebuja yashinze abandi bagaragu be ngo ajye abaha ibyokurya mu gihe gikwiriye?+