Gutegeka kwa Kabiri 28:20 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 20 “Yehova azaguteza imivumo,+ urujijo+ n’ibihano+ mu byo uzagerageza gukora byose, kugeza igihe urimbukiye vuba ugashira bitewe n’ibikorwa byawe bibi, kuko uzaba warantaye.+ 2 Abami 22:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 kuko bantaye bakosereza ibitambo izindi mana,+ bakandakaza bitewe n’ibikorwa byabo byose.+ None uburakari bwanjye bwagurumaniye aha hantu kandi ntibuzazima.’”’+ Yesaya 65:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 “Ariko mwebwe mwaretse Yehova,+ mwibagirwa umusozi wanjye wera,+ mutegurira ameza imana y’Amahirwe+ kandi mugasukira divayi imana Igena ibizaba.+ Yeremiya 2:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 ‘kuko hari ibintu bibiri bibi abagize ubwoko bwanjye bakoze: barantaye+ kandi ari jye soko y’amazi atanga ubuzima,+ bajya kwikorogoshorera ibitega bitobotse bidashobora kubika amazi.’ Yeremiya 15:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 “Yehova aravuga ati ‘warantaye;+ ukomeza kuntera umugongo ukigendera.+ Nzakubangurira ukuboko kwanjye nkurimbure.+ Ndambiwe guhora mbihanganira.+ Yeremiya 17:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Yehova wowe byiringiro bya Isirayeli,+ abakureka bose bazakorwa n’isoni.+ Abahinduka abahakanyi bakandeka,+ bazandikwa ku butaka kuko baretse Yehova, we soko y’amazi atanga ubuzima.+ Daniyeli 9:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 twakoze ibyaha,+ turacumura, dukora ibibi kandi turigomeka;+ twateshutse ku mategeko n’amateka yawe.+
20 “Yehova azaguteza imivumo,+ urujijo+ n’ibihano+ mu byo uzagerageza gukora byose, kugeza igihe urimbukiye vuba ugashira bitewe n’ibikorwa byawe bibi, kuko uzaba warantaye.+
17 kuko bantaye bakosereza ibitambo izindi mana,+ bakandakaza bitewe n’ibikorwa byabo byose.+ None uburakari bwanjye bwagurumaniye aha hantu kandi ntibuzazima.’”’+
11 “Ariko mwebwe mwaretse Yehova,+ mwibagirwa umusozi wanjye wera,+ mutegurira ameza imana y’Amahirwe+ kandi mugasukira divayi imana Igena ibizaba.+
13 ‘kuko hari ibintu bibiri bibi abagize ubwoko bwanjye bakoze: barantaye+ kandi ari jye soko y’amazi atanga ubuzima,+ bajya kwikorogoshorera ibitega bitobotse bidashobora kubika amazi.’
6 “Yehova aravuga ati ‘warantaye;+ ukomeza kuntera umugongo ukigendera.+ Nzakubangurira ukuboko kwanjye nkurimbure.+ Ndambiwe guhora mbihanganira.+
13 Yehova wowe byiringiro bya Isirayeli,+ abakureka bose bazakorwa n’isoni.+ Abahinduka abahakanyi bakandeka,+ bazandikwa ku butaka kuko baretse Yehova, we soko y’amazi atanga ubuzima.+
5 twakoze ibyaha,+ turacumura, dukora ibibi kandi turigomeka;+ twateshutse ku mategeko n’amateka yawe.+