2 Abami 25:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Ziramufata+ zimushyira umwami w’i Babuloni i Ribula,+ kugira ngo amucire urubanza. Yeremiya 34:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Nawe ntuzamucika, kuko uzafatwa ugahanwa mu maboko ye.+ Uzavugana n’umwami w’i Babuloni+ imbonankubone murebana mu maso, kandi uzajyanwa i Babuloni.’ Yeremiya 37:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Nuko Umwami Sedekiya atuma abantu baramuzana, amubariza mu nzu ye bari ahantu hiherereye,+ ati “mbese hari ijambo ryaturutse kuri Yehova?” Yeremiya aramusubiza ati “rirahari!” Yongeraho ati “uzahanwa mu maboko y’umwami w’i Babuloni!”+ Yeremiya 38:18 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 18 Ariko nudasohoka ngo wishyire mu maboko y’abatware b’umwami w’i Babuloni, uyu mugi uzahanwa mu maboko y’Abakaludaya, kandi bazawutwika,+ nawe ntuzabacika.’”+ Yeremiya 39:5 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 5 Nuko ingabo z’Abakaludaya zirabakurikira,+ zifatira Sedekiya mu bibaya byo mu butayu bw’i Yeriko.+ Zimaze kumufata zimushyira Nebukadinezari umwami w’i Babuloni i Ribula+ mu gihugu cya Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+ Yeremiya 52:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+ Ezekiyeli 12:13 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 13 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo.+ Nzamujyana i Babuloni mu gihugu cy’Abakaludaya+ ariko ntazakireba, kandi azagwayo.+
3 Nawe ntuzamucika, kuko uzafatwa ugahanwa mu maboko ye.+ Uzavugana n’umwami w’i Babuloni+ imbonankubone murebana mu maso, kandi uzajyanwa i Babuloni.’
17 Nuko Umwami Sedekiya atuma abantu baramuzana, amubariza mu nzu ye bari ahantu hiherereye,+ ati “mbese hari ijambo ryaturutse kuri Yehova?” Yeremiya aramusubiza ati “rirahari!” Yongeraho ati “uzahanwa mu maboko y’umwami w’i Babuloni!”+
18 Ariko nudasohoka ngo wishyire mu maboko y’abatware b’umwami w’i Babuloni, uyu mugi uzahanwa mu maboko y’Abakaludaya, kandi bazawutwika,+ nawe ntuzabacika.’”+
5 Nuko ingabo z’Abakaludaya zirabakurikira,+ zifatira Sedekiya mu bibaya byo mu butayu bw’i Yeriko.+ Zimaze kumufata zimushyira Nebukadinezari umwami w’i Babuloni i Ribula+ mu gihugu cya Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+
9 Nuko ziramufata zimushyira umwami w’i Babuloni+ i Ribula+ mu gihugu cy’i Hamati,+ kugira ngo amucire urubanza.+
13 Nzamutega urushundura rwanjye kandi azarufatirwamo.+ Nzamujyana i Babuloni mu gihugu cy’Abakaludaya+ ariko ntazakireba, kandi azagwayo.+