8 “‘Kandi kimwe n’imbuto mbi z’umutini zitaribwa kuko ari mbi,+ uku ni ko Yehova avuga ati “nanjye nzatanga Sedekiya+ umwami w’u Buyuda n’abatware be n’abasigaye b’i Yerusalemu basigaye muri iki gihugu+ n’abatuye mu gihugu cya Egiputa+ . . .
17 Nuko Umwami Sedekiya atuma abantu baramuzana, amubariza mu nzu ye bari ahantu hiherereye,+ ati “mbese hari ijambo ryaturutse kuri Yehova?” Yeremiya aramusubiza ati “rirahari!” Yongeraho ati “uzahanwa mu maboko y’umwami w’i Babuloni!”+