Abacamanza 20:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Mfata inshoreke yanjye nyicamo ibice mbyohereza muri gakondo zose za Isirayeli,+ kuko bari bakoze igikorwa cy’ubwiyandarike+ kandi cy’ubupfapfa buteye isoni muri Isirayeli.+ Zab. 26:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Bafite ibiganza byuzuye ibikorwa bibi,*+N’ukuboko kwabo kw’iburyo kuzuye impongano.+ Imigani 10:23 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 23 Umupfapfa abona ko kwishora mu bwiyandarike ari nk’umukino,+ ariko ubwenge bufitwe n’abagira ubushishozi.+ Yeremiya 13:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 ibikorwa byawe by’ubusambanyi+ no kuvumera kwawe,+ ari byo bwiyandarike bwawe mu buraya. Nabonye ibikorwa byawe biteye ishozi wakoreye ku misozi no mu mirima.+ Uzabona ishyano Yerusalemu we! Ntushobora guhumanuka.+ Urabona ibyo bizageza ryari?”+ Ezekiyeli 16:27 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 27 Ngiye kukubangurira ukuboko+ kandi nzatubya ibigutunga,+ nkugabize abagore bakwanga+ bakugenze uko ubugingo bwabo bwifuza,+ ari bo bakobwa b’Abafilisitiya,+ abagore bakozwe n’isoni bitewe n’inzira zawe z’ubwiyandarike.+ 2 Petero 2:7 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 7 Ariko yarokoye umukiranutsi Loti,+ wababazwaga cyane n’ukuntu abantu basuzuguraga amategeko bishoraga mu bikorwa by’ubwiyandarike.+
6 Mfata inshoreke yanjye nyicamo ibice mbyohereza muri gakondo zose za Isirayeli,+ kuko bari bakoze igikorwa cy’ubwiyandarike+ kandi cy’ubupfapfa buteye isoni muri Isirayeli.+
23 Umupfapfa abona ko kwishora mu bwiyandarike ari nk’umukino,+ ariko ubwenge bufitwe n’abagira ubushishozi.+
27 ibikorwa byawe by’ubusambanyi+ no kuvumera kwawe,+ ari byo bwiyandarike bwawe mu buraya. Nabonye ibikorwa byawe biteye ishozi wakoreye ku misozi no mu mirima.+ Uzabona ishyano Yerusalemu we! Ntushobora guhumanuka.+ Urabona ibyo bizageza ryari?”+
27 Ngiye kukubangurira ukuboko+ kandi nzatubya ibigutunga,+ nkugabize abagore bakwanga+ bakugenze uko ubugingo bwabo bwifuza,+ ari bo bakobwa b’Abafilisitiya,+ abagore bakozwe n’isoni bitewe n’inzira zawe z’ubwiyandarike.+
7 Ariko yarokoye umukiranutsi Loti,+ wababazwaga cyane n’ukuntu abantu basuzuguraga amategeko bishoraga mu bikorwa by’ubwiyandarike.+