Gutegeka kwa Kabiri 33:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Yaravuze ati“Yehova yaje aturutse kuri Sinayi,+Abarasira aturutse i Seyiri.+Yabamurikiye aturutse mu misozi miremire y’i Parani,+Ari kumwe n’abera uduhumbi n’uduhumbagiza,+Iburyo bwe hari ingabo.+ 1 Abami 22:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Mikaya yongeraho ati “noneho tega amatwi ijambo rya Yehova:+ mbonye Yehova yicaye ku ntebe ye y’ubwami,+ ingabo zose zo mu ijuru zimuhagaze iburyo n’ibumoso.+ Zab. 68:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 Amagare y’intambara y’Imana ni uduhumbi n’uduhumbagiza.+Yehova yavuye kuri Sinayi ajya ahera.+ Abaheburayo 12:22 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 22 Ahubwo mwegereye Umusozi Siyoni+ n’umugi+ w’Imana nzima, ari wo Yerusalemu yo mu ijuru,+ hamwe n’abamarayika uduhumbi n’uduhumbagiza+ Yuda 14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 Henoki,+ uwa karindwi uhereye kuri Adamu, na we yahanuye ibyabo ubwo yagiraga ati “dore Yehova yazanye n’abera be uduhumbi n’uduhumbagiza,+ Ibyahishuwe 5:11 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 11 Hanyuma ndareba, numva ijwi ry’abamarayika benshi bari bakikije ya ntebe y’ubwami na bya bizima bine na ba bakuru, kandi umubare wabo wari ibihumbi icumi incuro ibihumbi icumi+ n’ibihumbi incuro ibihumbi;+
2 Yaravuze ati“Yehova yaje aturutse kuri Sinayi,+Abarasira aturutse i Seyiri.+Yabamurikiye aturutse mu misozi miremire y’i Parani,+Ari kumwe n’abera uduhumbi n’uduhumbagiza,+Iburyo bwe hari ingabo.+
19 Mikaya yongeraho ati “noneho tega amatwi ijambo rya Yehova:+ mbonye Yehova yicaye ku ntebe ye y’ubwami,+ ingabo zose zo mu ijuru zimuhagaze iburyo n’ibumoso.+
22 Ahubwo mwegereye Umusozi Siyoni+ n’umugi+ w’Imana nzima, ari wo Yerusalemu yo mu ijuru,+ hamwe n’abamarayika uduhumbi n’uduhumbagiza+
14 Henoki,+ uwa karindwi uhereye kuri Adamu, na we yahanuye ibyabo ubwo yagiraga ati “dore Yehova yazanye n’abera be uduhumbi n’uduhumbagiza,+
11 Hanyuma ndareba, numva ijwi ry’abamarayika benshi bari bakikije ya ntebe y’ubwami na bya bizima bine na ba bakuru, kandi umubare wabo wari ibihumbi icumi incuro ibihumbi icumi+ n’ibihumbi incuro ibihumbi;+