Mariko 10:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 utazabona ibibikubye incuro ijana+ muri iki gihe, yaba amazu, abavandimwe, bashiki be, ba nyina, abana n’imirima, hamwe n’ibitotezo,+ kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza. Luka 18:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Arababwira ati “ndababwira ukuri ko nta muntu wasize inzu cyangwa umugore we cyangwa abavandimwe cyangwa ababyeyi cyangwa abana ku bw’ubwami bw’Imana,+ Luka 18:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 utazabona mu buryo runaka ibibikubye incuro nyinshi muri iki gihe, kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza.”+ Abaheburayo 10:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 Kubera ko mwagaragarizaga impuhwe abari mu nzu y’imbohe, kandi mukemera kunyagwa+ ibyanyu mwishimye, muzi ko mufite ubutunzi bwiza kurushaho kandi burambye.+
30 utazabona ibibikubye incuro ijana+ muri iki gihe, yaba amazu, abavandimwe, bashiki be, ba nyina, abana n’imirima, hamwe n’ibitotezo,+ kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza.
29 Arababwira ati “ndababwira ukuri ko nta muntu wasize inzu cyangwa umugore we cyangwa abavandimwe cyangwa ababyeyi cyangwa abana ku bw’ubwami bw’Imana,+
30 utazabona mu buryo runaka ibibikubye incuro nyinshi muri iki gihe, kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza.”+
34 Kubera ko mwagaragarizaga impuhwe abari mu nzu y’imbohe, kandi mukemera kunyagwa+ ibyanyu mwishimye, muzi ko mufite ubutunzi bwiza kurushaho kandi burambye.+