Matayo 19:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Umuntu wese wasize amazu cyangwa abavandimwe cyangwa bashiki be cyangwa se cyangwa nyina cyangwa abana cyangwa amasambu ku bw’izina ryanjye, azabona ibibikubye incuro nyinshi kandi aragwe ubuzima bw’iteka.+ Mariko 10:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 utazabona ibibikubye incuro ijana+ muri iki gihe, yaba amazu, abavandimwe, bashiki be, ba nyina, abana n’imirima, hamwe n’ibitotezo,+ kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza. Ibyahishuwe 2:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Ntutinye ibigiye kukugeraho.+ Dore Satani*+ azakomeza gushyira bamwe muri mwe mu nzu y’imbohe. Ibyo bizaberaho kugira ngo mugeragezwe mu buryo bwuzuye,+ kandi mumare iminsi icumi mubabazwa.+ Ujye uba uwizerwa kugeza ku gupfa,+ nanjye nzaguha ikamba ry’ubuzima.+
29 Umuntu wese wasize amazu cyangwa abavandimwe cyangwa bashiki be cyangwa se cyangwa nyina cyangwa abana cyangwa amasambu ku bw’izina ryanjye, azabona ibibikubye incuro nyinshi kandi aragwe ubuzima bw’iteka.+
30 utazabona ibibikubye incuro ijana+ muri iki gihe, yaba amazu, abavandimwe, bashiki be, ba nyina, abana n’imirima, hamwe n’ibitotezo,+ kandi akazahabwa ubuzima bw’iteka mu isi izaza.
10 Ntutinye ibigiye kukugeraho.+ Dore Satani*+ azakomeza gushyira bamwe muri mwe mu nzu y’imbohe. Ibyo bizaberaho kugira ngo mugeragezwe mu buryo bwuzuye,+ kandi mumare iminsi icumi mubabazwa.+ Ujye uba uwizerwa kugeza ku gupfa,+ nanjye nzaguha ikamba ry’ubuzima.+