Matayo 12:32 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 32 Urugero, umuntu wese uvuga nabi Umwana w’umuntu azabibabarirwa,+ ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazababarirwa, haba muri iki gihe no mu gihe kizaza.+ Abaheburayo 6:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 Abamurikiwe rimwe na rizima+ kandi bagasogongera ku mpano yo mu ijuru,+ bagahabwa umwuka wera,+ Abaheburayo 6:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 ariko bakaba baraguye bakabivamo,+ ntibishoboka kongera kubahembura ngo bihane,+ kuko bo ubwabo baba bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bakamukoza isoni ku mugaragaro.+ Abaheburayo 10:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Niba dufite akamenyero ko gukora ibyaha nkana+ twaramaze kugira ubumenyi nyakuri ku byerekeye ukuri,+ ntihaba hagisigaye igitambo cy’ibyaha.+ 1 Yohana 5:16 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 16 Umuntu nabona umuvandimwe we akora icyaha kiticisha,+ azamusabire kandi Imana izamuha ubuzima;+ ni koko, izaha ubuzima abakora ibyaha bitari ibyo kubicisha.+ Hari icyaha cyicisha. Simvuze ko asabira umuntu ukora icyaha nk’icyo.+
32 Urugero, umuntu wese uvuga nabi Umwana w’umuntu azabibabarirwa,+ ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazababarirwa, haba muri iki gihe no mu gihe kizaza.+
6 ariko bakaba baraguye bakabivamo,+ ntibishoboka kongera kubahembura ngo bihane,+ kuko bo ubwabo baba bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bakamukoza isoni ku mugaragaro.+
26 Niba dufite akamenyero ko gukora ibyaha nkana+ twaramaze kugira ubumenyi nyakuri ku byerekeye ukuri,+ ntihaba hagisigaye igitambo cy’ibyaha.+
16 Umuntu nabona umuvandimwe we akora icyaha kiticisha,+ azamusabire kandi Imana izamuha ubuzima;+ ni koko, izaha ubuzima abakora ibyaha bitari ibyo kubicisha.+ Hari icyaha cyicisha. Simvuze ko asabira umuntu ukora icyaha nk’icyo.+