Matayo 12:31 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 31 “Ku bw’ibyo, ndababwira ko abantu bazababarirwa icyaha cyose no gutuka Imana kose. Ariko gutuka umwuka byo nta wuzabibabarirwa.+ Mariko 3:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazababarirwa kugeza iteka ryose, ahubwo aba akoze icyaha cy’iteka ryose.”+ Luka 12:10 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 10 Umuntu wese uvuga nabi Umwana w’umuntu azabibabarirwa, ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazabibabarirwa.+ Abaheburayo 6:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 ariko bakaba baraguye bakabivamo,+ ntibishoboka kongera kubahembura ngo bihane,+ kuko bo ubwabo baba bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bakamukoza isoni ku mugaragaro.+ Abaheburayo 10:26 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 26 Niba dufite akamenyero ko gukora ibyaha nkana+ twaramaze kugira ubumenyi nyakuri ku byerekeye ukuri,+ ntihaba hagisigaye igitambo cy’ibyaha.+
31 “Ku bw’ibyo, ndababwira ko abantu bazababarirwa icyaha cyose no gutuka Imana kose. Ariko gutuka umwuka byo nta wuzabibabarirwa.+
29 Ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazababarirwa kugeza iteka ryose, ahubwo aba akoze icyaha cy’iteka ryose.”+
10 Umuntu wese uvuga nabi Umwana w’umuntu azabibabarirwa, ariko umuntu wese utuka umwuka wera ntazabibabarirwa.+
6 ariko bakaba baraguye bakabivamo,+ ntibishoboka kongera kubahembura ngo bihane,+ kuko bo ubwabo baba bongeye kumanika Umwana w’Imana kandi bakamukoza isoni ku mugaragaro.+
26 Niba dufite akamenyero ko gukora ibyaha nkana+ twaramaze kugira ubumenyi nyakuri ku byerekeye ukuri,+ ntihaba hagisigaye igitambo cy’ibyaha.+