Gutegeka kwa Kabiri 29:9 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 9 None rero, muzakomeze amagambo y’iri sezerano muyakurikize, kugira ngo ibyo muzakora byose bizabagendekere neza.+ Zab. 1:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Ahubwo amategeko ya Yehova ni yo yishimira,+Kandi amategeko ye ayasoma ku manywa na nijoro yibwira.+ Zab. 112:1 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 112 Nimusingize Yah!+ א [Alefu]Hahirwa umuntu utinya Yehova,+ ב [Beti]Akishimira cyane+ amategeko ye.+ Zab. 119:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Hahirwa abubahiriza ibyo atwibutsa,+ Bagakomeza kumushaka n’umutima wabo wose.+ Yesaya 56:2 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 2 Hahirwa umuntu buntu ukora ibyo,+ n’umwana w’umuntu ubikomeza,+ agakomeza kuziririza isabato ntayihumanye,+ kandi akarinda ukuboko kwe kugira ngo adakora ikibi.+ Matayo 7:21 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 21 “Umuntu wese umbwira ati ‘Mwami, Mwami,’ si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru. Ahubwo ukora+ ibyo Data wo mu ijuru ashaka ni we uzabwinjiramo.+ Yakobo 1:25 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 25 Ariko ucukumbura mu mategeko atunganye+ atera umudendezo kandi agakomeza kuyibandaho, uwo azagira ibyishimo+ nabigenza atyo, kuko azaba ayashyira mu bikorwa,+ atari ukuyumva gusa akibagirwa.
9 None rero, muzakomeze amagambo y’iri sezerano muyakurikize, kugira ngo ibyo muzakora byose bizabagendekere neza.+
2 Ahubwo amategeko ya Yehova ni yo yishimira,+Kandi amategeko ye ayasoma ku manywa na nijoro yibwira.+
112 Nimusingize Yah!+ א [Alefu]Hahirwa umuntu utinya Yehova,+ ב [Beti]Akishimira cyane+ amategeko ye.+
2 Hahirwa umuntu buntu ukora ibyo,+ n’umwana w’umuntu ubikomeza,+ agakomeza kuziririza isabato ntayihumanye,+ kandi akarinda ukuboko kwe kugira ngo adakora ikibi.+
21 “Umuntu wese umbwira ati ‘Mwami, Mwami,’ si we uzinjira mu bwami bwo mu ijuru. Ahubwo ukora+ ibyo Data wo mu ijuru ashaka ni we uzabwinjiramo.+
25 Ariko ucukumbura mu mategeko atunganye+ atera umudendezo kandi agakomeza kuyibandaho, uwo azagira ibyishimo+ nabigenza atyo, kuko azaba ayashyira mu bikorwa,+ atari ukuyumva gusa akibagirwa.