Ibirimo
15 Gashyantare 2008
Igazeti yo kwigwa
IBICE BYO KWIGWA BYO MU CYUMWERU CYA:
17-23 Werurwe 2008
Shyira Yehova imbere yawe iteka
IPAJI YA 3
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 37, 26
24-30 Werurwe 2008
IPAJI YA 7
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 138, 57
31 Werurwe 2008–6 Mata 2008
Yesu Kristo yari Umumisiyonari uruta abandi
IPAJI YA 12
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 172, 72
7-13 Mata 2008
Jya wigana Umumisiyonari ukomeye kuruta abandi
IPAJI YA 16
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 211, 209
14-20 Mata 2008
Kuhaba kwa Kristo bikugiraho izihe ngaruka?
IPAJI YA 21
INDIRIMBO ZIZAKORESHWA: 168, 21
Intego y’ibice byo kwigwa
Igice cyo kwigwa cya 1 n’icya 2 IPAJI YA 3-11
Gutekereza ku nkuru za Bibiliya bikomeza ukwizera kwacu. Nidukomeza gushyira Yehova imbere yacu, azasubiza amasengesho yacu. Ariko tugomba kumvira Imana kandi tugahora tuyiringira. Kugendera mu nzira zayo bizatuma tuba abantu biringirwa, bicisha bugufi, bagira ubutwari, kandi bita ku bandi.
Igice cyo kwigwa cya 3 n’icya 4 IPAJI YA 12-20
Yesu Kristo yari Umumisiyonari ukomeye kuruta abandi. Nimucyo twige uburyo yahawe imyitozo, uko yigishaga abantu, n’ibyatumaga abantu bamukunda. Nimucyo nanone twige ukuntu twakwigana Yesu n’uko dushobora gutangaza ubutumwa bwiza mu buryo bushishikaza abo twigisha.
Igice cyo kwigwa cya 5 IPAJI YA 21-25
Nusoma urasobanukirwa impamvu ituma tuvuga ko ukuhaba kwa Kristo kumara igihe kirekire. Suzuma n’imirongo y’Ibyanditswe itanga gihamya igaragaza abagize “ab’iki gihe” bavuzwe na Yesu (Mat 24:34). Kandi reba impamvu umuntu atashobora kumenya neza uko igihe “ab’iki gihe” bamara kireshya, keretse agenekereje.
IBINDI:
Tuvane amasomo ku makosa y’Abisirayeli
IPAJI YA 26
Ijambo rya Yehova ni rizima: ingingo z’ingenzi z’ibikubiye mu gitabo cya Mariko
IPAJI YA 28
Abarangije mu ishuri rya 123 rya Galeedi batewe inkunga yo “gutangira gucukura”
IPAJI YA 31