Irangiro ry’ingingo zasohotse mu Munara w’Umurinzi mu mwaka wa 2010
Rigaragaza itariki y’igazeti ingingo yasohotsemo
ABAHAMYA BA YEHOVA
Abarangije mu ishuri rya Gileyadi, 1/2, 1/8
Afurika y’Epfo, 1/6
Amakoraniro afite umutwe uvuga ngo “Komeza kuba incuti ya Yehova,” 1/3
Bulugariya, 15/9
Ese bakora ibitangaza byo gukiza indwara? 1/10
Grenade, 1/9
Hayiti, 1/12
Ibirwa bya kure byo mu majyaruguru ya Ositaraliya, 1/5
Igikoresho cyo gufasha abakiri bato (Ibibazo urubyiruko rwibaza, Umubumbe wa 2), 15/2
Inama iba buri mwaka, 15/6
Inzu y’Ubwami, 1/5
‘Kamfasha kugera abantu ku mutima’ (agatabo Ubutumwa bwiza ku bantu bo mu mahanga yose), 15/10
Kuba maso (Finilande), 15/7
Nta gihe ntarengwa cyo gukorera Imana (Esipanye), 15/12
Papouasie Nouvelle Guinée, 1/3
‘Reka tuzanire Yehova ituro’ (impano), 15/11
Uko babona ibikorwa mpuzamatorero, 1/6
Uratumiwe (gusura Beteli), 15/8
Urwibutso, 1/3
BIBILIYA
Amagambo ari muri Ezekiyeli 18:20 n’ari mu Kuva 20:5 ntavuguruzanya, 15/3
Ese ihanura ibirebana na Isirayeli y’ubu? 1/11
Ese ivuga ibintu byose byabaye kuri Yesu? 1/4
Ese ni Ijambo ry’Imana ryahumetswe? 1/3
Ibintu birindwi wakora kugira ngo kuyisoma bikugirire akamaro, 1/7
Ihindura imibereho y’abantu, 1/2, 1/5, 1/8, 1/11
Ikintu kitazibagirana! 1/9
Impamvu Matayo avuga ko amwe mu magambo ari mu gitabo cya Zekariya yavuzwe na Yeremiya, 1/12
Impamvu ushobora kwiringira Amavanjiri, 1/3
Umwanditsi wa kera wayiteje imbere, 1/7
IBICE BYO KWIGWA
“Abakiranutsi bazarabagirana nk’izuba,” 15/3
Amagambo arangwa n’ineza atuma habaho imishyikirano myiza, 15/6
Bagabo, ese mugandukira ubutware bwa Kristo? 15/5
Bavandimwe, mubibire umwuka kandi mwifuze inshingano, 15/5
Bonera ihumure mu bintu byo mu buryo bw’umwuka, 15/6
Bonera umutekano mu bwoko bw’Imana, 15/6
‘Dukwiriye kuba abantu’ bameze bate? 15/7
Ese ufata iya mbere mu birebana no kubaha abo muhuje ukwizera? 15/10
Ese ugira uruhare mu gutuma amateraniro ya gikristo yubaka abandi? 15/10
Ese ukurikira Kristo mu buryo bwuzuye? 15/4
Ibonere imigisha ituruka ku Mwami uyoborwa n’umwuka w’Imana, 15/12
Icyo umunsi wa Yehova uzahishura, 15/7
“Iki ni cyo gihe cyihariye cyo kwemererwamo,” 15/12
Irinde kureba ibitagira umumaro, 15/4
Jya ‘uvuga Ijambo ry’Imana ushize amanga,’ 15/2
Jya ugaragaza ko uri umwigishwa nyakuri wa Kristo, 15/1
Jya ugirira ishyaka gahunda y’ugusenga k’ukuri, 15/12
Jya ukoresha neza “inkota y’umwuka,” 15/2
Jya ureka “itegeko ry’ineza yuje urukundo” ririnde ururimi rwawe, 15/8
Jya ushakana umwete imigisha ya Yehova, 15/9
Jya uyoborwa n’umwuka kandi ubeho uhuje no kwiyegurira Imana kwawe, 15/3
Jya wifatanya mu buryo bwuzuye mu murimo ukomeye w’isarura ryo mu buryo bw’umwuka, 15/7
Kuba uwa Yehova ni ubuntu butagereranywa, 15/1
Kubatizwa mu izina rya Data n’iry’Umwana n’iry’umwuka wera, 15/3
Kuki abagore bagomba kugandukira ubutware? 15/5
Kuki ugomba kwiyegurira Yehova? 15/1
Kunga ubumwe biranga ugusenga k’ukuri, 15/9
Muhawe ikaze mu nzira y’ubuzima nziza kuruta izindi! 15/2
Mukomeze kubaka abagize itorero, 15/6
‘Mukomeze kunesha ikibi’ mwirinda uburakari, 15/6
Mukomeze mushake mbere na mbere “gukiranuka kwayo,” 15/10
Ni nde ushobora gukiza abataka basaba gufashwa? 15/8
“Ni nde wamenye ibyo Yehova atekereza?” 15/10
Ntimugatere agahinda umwuka wera wa Yehova, 15/5
Rubyiruko, ni iki muzakoresha ubuzima bwanyu? 15/11
Rubyiruko, nimunanire amoshya y’urungano, 15/11
Rubyiruko, nimurusheho kugira icyifuzo cyo gukorera Yehova, 15/4
Rubyiruko, nimuyoborwe n’Ijambo ry’Imana, 15/11
Turirimbire Yehova, 15/12
Tuzagendera mu budahemuka, 15/11
Ubumwe bwa gikristo buhesha Imana ikuzo, 15/9
Ubutegetsi bwa Satani buri hafi kuvaho, 15/1
Ubutegetsi bwa Yehova bwaratsinze! 15/1
Uko incungu idukiza, 15/8
Uko Yesu yagaragaje gukiranuka kw’Imana, 15/8
Umukumbi umwe n’umwungeri umwe, 15/3
Umuyobozi wacu muri iki gihe, 15/9
‘Umuyobozi wanyu ni umwe, ni Kristo,’ 15/9
“Umwuka n’umugeni bakomeza kuvuga bati ‘ngwino!’” 15/2
‘Umwuka ugenzura ibintu byimbitse by’Imana,’ 15/7
Uruhare rw’umwuka wera mu isohozwa ry’umugambi wa Yehova, 15/4
Yehova ni we Mwami wacu w’Ikirenga, 15/11
IBINDI
Abakristo bo mu kinyejana cya mbere n’imana z’Abaroma, 15/5
Abayahudi ntibumvikanaga n’Abasamariya, 1/10
“Abicanyi” (Ibk 21:38), 1/3
Abitwaga ko bavuganira Abakristo, 1/6
Akabaho kavugwa muri Luka 1:63, 1/1
Akaga kashoboraga guterwa n’ingendo zo mu bwato mu gihe cya Pawulo, 1/2
Amarembo y’umudugudu, 1/6
Amasinagogi, 1/4
Amazu babagamo (Abakristo bo mu kinyejana cya mbere), 1/1
Aroni ntiyahaniwe gukora inyana ya zahabu, 15/5
‘Bakoreraga ingo zabo’ (Tt 2:5), 1/2
‘Divayi nshya mu mifuka y’uruhu ishaje’ (Lk 5:37, 38), 1/3
Ese abapfuye bashobora kudufasha? 1/1
Ese abeza bose bajya mu ijuru? 1/2
Ese ibiremwa by’umwuka bibaho? 1/12
Ese imigi y’ubuhungiro yari indiri y’inkozi z’ibibi? 1/11
Ese imperuka iri hafi? 1/8
Ese inyenyeri zigira uruhare mu mibereho yawe? 1/6
Ese isi izakomeza kwera ibidutunga bihagije? 1/3
Ese isi izarimbuka? 1/1
Ese koko abantu bo mu bihe bya Bibiliya babagaho igihe kirekire cyane? 1/12
Ese koko ibimonyo bihunika ibiryo byabyo mu cyi? 1/7
Ese nagombye kugira idini mbarizwamo? 1/11
Harani yakorerwagamo ibintu byinshi, 15/5
Ibanga ushobora kubwira abandi, 1/12
‘Ibimenyetso by’inkovu z’ubushye, bigaragaza ko yari imbata ya Yesu’ (Ga 6:17), 1/11
Ibinyobwa bisindisha mu bihe bya Bibiliya, 1/2
Icyaha, 1/6
‘Iminsi y’umuntu ni imyaka 120’ (It 6:3), 15/12
Impamvu abantu bakora ibibi, 1/9
“Impinga z’imisozi,” 1/8
Ingendo bakoraga bajya mu turere twa kure cyane tw’isi, 1/11
Ingendo zakorerwaga hakurya ya Mediterane, 1/3
Inyama zabaga zatambiwe ibishushanyo, 1/10
Irinde gushukwa, 1/9
Kuvuga izindi ndimi, 1/10
Kwicuza ibyaha, 1/9
Mariko “angirira umumaro mu murimo,” 15/3
Ni he Kayini yavanye umugore? 1/9
Paradizo ivugwa muri Bibiliya izaba iri he? 1/12
Rebeka, 1/2
Ubutatu, 1/2
Ubwami buzahindura isi yose, 1/10
Udusanduku turimo imirongo y’ibyanditswe, 1/5
Uko Imana ibona ibyo kunywa inzoga, 1/1
Umuhanda Pawulo yanyuzemo (Umuhanda wa Apiya), 1/1
Umuti womora w’i Galeyadi, 1/6
Umuziritsi wa vino y’umwami, 1/7
Umwana w’umuhungu w’imfura, 1/5
‘Umwiyereko wo kunesha’ (2Kr 2:14-16), 1/8
Umwuka wera, 1/10
Yakize ibibembe (Namani), 1/11
‘Yakomeje gukurira imbere ya Yehova’ (Samweli), 1/10
Yavuze ibyari bimuri ku mutima mu isengesho (Hana), 1/7
Zahabu yo muri Ofiri, 1/6
IMIBEREHO N’IMICO BYA GIKRISTO
Abagore n’abagabo bapfakaye, 1/5
Amabanga atanu yo kunyurwa, 1/11
Ese koko umuntu aba ariganyije? 1/6
Ese wagombye kuruhuka isabato ya buri cyumweru? 1/2
Fasha abana bawe guhangana n’ibibazo byinshi bahura na byo, 15/1
Ganira n’abana bawe ibihereranye n’ibitsina, 1/11
Gusenga, 1/10
Impamvu ugomba kubahiriza igihe, 15/8
Irinde poropagande ya Satani, 15/2
Isomo tuvana ku mbabazi z’Imana (Yona), 1/3
Jya uhesha Imana icyubahiro buri munsi, 15/1
Jya uhumuriza abapfushije, 1/11
Jya urwanirira ukwizera kwawe (Yeremiya), 1/5
Jya utoza abana bawe gukunda gusoma no kwiyigisha, 15/7
Jya wihangana mu gihe uwo mwashakanye aguhemukiye, 15/6
Jya wirinda impanuka, 15/4
Komeza gutoza ubushobozi bwawe bwo kwiyumvisha ibintu, 15/5
Komeza kugira “umutima uboneye,” 15/3
Komeza kwemerwa n’Imana niyo hagira ibihinduka mu mibereho yawe, 15/3
Kongera kubatizwa, 15/2
Kuba inyangamugayo buri gihe, 1/3
Kuba mu nzu imwe muri benshi, 15/2
Kubaha abageze mu za bukuru, 15/5
Kwiregura, 15/10
Kwita ku babyeyi barera abana ari bonyine, 1/12
Kwita ku wo mufitanye isano urwaye, 15/5
Mufashe abakiri bato kumenya umuteguro wa Yehova, 15/10
“Mukwiriye kuba abantu batunganye nk’uko So wo mu ijuru atunganye,” 15/11
Ntukemere gukurikiza ibitekerezo bya benshi, 15/8
Shebuja yamwigishije kubabarira (Petero), 1/4
Sobukwe cyangwa nyokobukwe, 1/2
“Tuzatandukanywa n’urupfu,” 1/3
“Uburenganzira umwana afite bwo kuyoboka Imana,” 15/2
Uko wabona incuti nyancuti, 1/7
Uko wafasha abana gusohoza inshingano zibareba, 1/5
Uko wafasha incuti yawe irwaye, 1/7
Uko warwanya ibyiyumvo bibi, 1/10
‘Ukomeze kugira umwete wo kwigisha,’ 15/7
Umugabo w’intwari kandi wicishaga bugufi (Yona), 1/1
Umwaka wa mbere w’ishyingiranwa, 1/8
Umwana wawe yasubiza iki? 15/12
“Witinya ndagutabaye,” 15/7
Yabaye indahemuka mu bigeragezo (Petero), 1/1
INKURU ZIVUGA IBYABAYE MU MIBEREHO
Ibigeragezo byatumye turushaho kwiringira Yehova (A. Dello Stritto), 15/4
‘Ibyo yakoze byaramuherekeje’ (T. Jaracz), 15/11
Imana ‘ikora ibikomeye’ (M. Raj), 1/12
Jya wiringira Yehova (E. Schmidt), 1/9
Nakomeje gukora byinshi mu muteguro wa Yehova (V. Zubko), 15/10
Nkora umurimo mu gihe cy’ukwiyongera (H. Harris), 15/9
Ukuri kwa Bibiliya gufite imbaraga (V. Fraese), 15/12
YEHOVA
Amenya ibiri mu mutima, 1/12
‘Areba mu mutima,’ 1/3
Asohoza amasezerano, 1/1
Ese abantu bose bafite uburyo bungana bwo kumumenya? 1/8
Ese ajya yicuza? 1/2
Ese Imana yagize intangiriro? 1/7
Ese Imana yaradutereranye? 1/5
Ese ubona ko ari So? 15/2
Ese ujya wemera ko Yehova akubaza? 15/4
Indahemuka, 1/6
Izina ry’Imana mu rusengero rwo mu Misiri, 1/5
Kuki yasezeranyije abantu ubuzima bw’iteka? 1/1
Kumenya izina ry’Imana bisobanura iki? 1/7
Mu gihe umuntu ufite “umutima umenetse [kandi] ushenjaguwe,” akeneye kubabarirwa, 1/5
Ntarobanura ku butoni, 1/9
“Terura umwana wawe” (umuhungu wazuwe), 1/8
‘Ubwami bwawe buzahoraho’ (Dawidi), 1/4
“Uzamubona” (1Ng 28:9), 1/11
Yaduhaye uburenganzira bwo kwihitiramo ibitunogeye, 1/9
Yarwanyije Abanyakanani, 1/1
Yifuza ko wirinda impanuka, 15/4
Yita ku byiza dukora, 1/7
‘Yumva amasengesho,’ 1/10
Yumva gutaka kw’imbabare, 15/11
YESU KRISTO
Abamaji baje kumusura, 1/12
Abanditse inkuru zivuga ibye, 1/6
Ibimenyetso bigaragaza ko yabayeho, 1/4
Ibirebana n’idini ry’ukuri, 1/2
Impamvu atahise ajya kureba Lazaro, 1/8
Impamvu bamwanze, 1/12
Impamvu yitwa Kristo, 1/4
Kumukurikira, 1/5
Ni we marayika mukuru Mikayeli? 1/4
Ntiyigeze yivanga muri politiki, 1/7
Uko umuntu yabona ibyishimo, 1/8
Ukuri ku birebana na Yesu, 1/4
Umubaji, 1/8
Umugore wababariwe ibyaha bye, 15/8
Umuntu wahinduye isi, 1/4
Uruhare rw’ibiremwa by’umwuka mu mibereho yacu, 1/11
Yitoje kumvira, 1/4