Ibirimo
15 Mata 2013
© 2013 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania. Uburenganzira bwose bwihariwe n’umwanditsi.
IGAZETI YO KWIGWA
3-9 KAMENA 2013
Ungukirwa mu buryo bwuzuye no gusoma Bibiliya
IPAJI YA 7 • INDIRIMBO: 114, 113
10-16 KAMENA 2013
Shakira ubufasha mu Ijambo ry’Imana kandi urifashishe abandi
IPAJI YA 12 • INDIRIMBO: 37, 92
17-23 KAMENA 2013
‘Menya neza ibintu by’ingenzi kurusha ibindi’
IPAJI YA 22 • INDIRIMBO: 70, 98
24-30 KAMENA 2013
IPAJI YA 27 • INDIRIMBO: 129, 63
IBICE BYO KWIGWA
▪ Ungukirwa mu buryo bwuzuye no gusoma Bibiliya
▪ Shakira ubufasha mu Ijambo ry’Imana kandi urifashishe abandi
Pawulo yaranditse ati “ijambo ry’Imana ni rizima, rifite imbaraga” (Heb 4:12). Ariko kandi, izo mbaraga zizadufasha ari uko twize Ijambo ry’Imana ryahumetswe, kandi tugakurikiza inyigisho zirikubiyemo. Ibi bice bigaragaza uburyo bwiza bwo kwiga Bibiliya, n’ukuntu twakwemera kuyoborwa n’ubwenge buturuka ku Mana mu murimo wo kubwiriza no mu mibereho yacu.
▪ ‘Menya neza ibintu by’ingenzi kurusha ibindi’
▪ ‘Ntitukarambirwe’
Dufite imigisha yo kuba turi mu muteguro w’Imana uhebuje, ukorera mu ijuru no ku isi. Ariko se, twashyigikira dute ibyo ukora muri iki gihe? Ni iki kizadufasha gukomeza kugendana n’umuteguro wa Yehova kandi ntiturambirwe? Ibi bice bisubiza ibyo bibazo.
IBINDI
3 Bitanze babikunze muri Megizike
17 Tumaze imyaka mirongo itanu dukorera umurimo w’igihe cyose hafi y’Impera y’isi ya ruguru
KU GIFUBIKO: mu matorero menshi, abavandimwe bahura saa moya n’igice za mu gitondo cyangwa mbere yaho, kugira ngo bajye kubwiriza. Bakoresha uburyo bwose babonye kugira ngo babwirize abantu baba bagenda mu muhanda
NEPALI
ABATURAGE
26.620.809
ABABWIRIZA
1.667
ABIGA BIBILIYA
3.265