1
Dawidi na Abishagi (1-4)
Adoniya ashaka kuba umwami (5-10)
Natani na Bati-sheba bagira icyo bakora (11-27)
Dawidi ategeka ko Salomo asukwaho amavuta (28-40)
Adoniya ahungira ku gicaniro (41-53)
2
Dawidi aha amabwiriza Salomo (1-9)
Dawidi apfa; Salomo aba umwami (10-12)
Ubugambanyi bwa Adoniya bumwicisha (13-25)
Abiyatari yirukanwa; Yowabu yicwa (26-35)
Shimeyi yicwa (36-46)
3
Salomo ashyingiranwa n’umukobwa wa Farawo (1-3)
Yehova abonekera Salomo mu nzozi (4-15)
Salomo acira urubanza abagore babiri (16-28)
4
Abari mu butegetsi bwa Salomo (1-19)
Ubukire mu gihe cy’ubutegetsi bwa Salomo (20-28)
Ubwenge bwa Salomo n’imigani yaciye (29-34)
5
6
7
Inzu y’Umwami Salomo n’andi mazu byari kumwe (1-12)
Hiramu wari umuhanga afasha Salomo (13-47)
Inkingi ebyiri zikoze mu muringa (15-22)
Ikigega cy’amazi gicuze mu cyuma (23-26)
Amagare 10 n’ibikarabiro bicuze mu muringa (27-39)
Barangiza gukora ibintu bicuze muri zahabu (48-51)
8
Bazana Isanduku mu rusengero (1-13)
Salomo avugisha abaturage (14-21)
Isengesho Salomo yavuze igihe cyo gutaha urusengero (22-53)
Salomo asabira abantu umugisha (54-61)
Ibitambo n’umunsi mukuru wo gutaha urusengero (62-66)
9
Yehova yongera kubonekera Salomo (1-9)
Impano Salomo yahaye Umwami Hiramu (10-14)
Imishinga ya Salomo (15-28)
10
11
Abagore ba Salomo bamuyobya (1-13)
Abanzi ba Salomo (14-25)
Yerobowamu asezeranywa gutegeka imiryango 10 (26-40)
Salomo apfa; Rehobowamu aba umwami (41-43)
12
Rehobowamu asubiza abaturage nabi (1-15)
Imiryango 10 yigomeka (16-19)
Yerobowamu aba umwami wa Isirayeli (20)
Rehobowamu areka kurwana n’Abisirayeli (21-24)
Yerobowamu atangiza ibyo gusenga ikimasa (25-33)
13
14
15
Abiyamu, umwami w’u Buyuda (1-8)
Asa, umwami w’u Buyuda (9-24)
Nadabu, umwami wa Isirayeli (25-32)
Basha, umwami wa Isirayeli (33, 34)
16
Urubanza Yehova yaciriye Basha (1-7)
Ela, umwami wa Isirayeli (8-14)
Zimuri, umwami wa Isirayeli (15-20)
Omuri, umwami wa Isirayeli (21-28)
Ahabu, umwami wa Isirayeli (29-33)
Hiyeli yongera kubaka Yeriko (34)
17
Umuhanuzi Eliya ahanura ko imvura yari kubura (1)
Eliya agaburirwa n’ibikona (2-7)
Eliya ajya ku mupfakazi w’i Sarefati (8-16)
Umwana w’uwo mupfakazi apfa nyuma akazuka (17-24)
18
Eliya ahura na Obadiya na Ahabu (1-18)
Eliya ahangana n’abahanuzi ba Bayali i Karumeli (19-40)
Imyaka itatu n’igice y’amapfa irangira (41-46)
19
Eliya ahunga Yezebeli wari warakaye cyane (1-8)
Yehova abonekera Eliya kuri Horebu (9-14)
Eliya asabwa gusuka amavuta kuri Hazayeli, Yehu na Elisa (15-18)
Elisa ashyirwaho ngo asimbure Eliya (19-21)
20
Abasiriya batera Ahabu (1-12)
Ahabu atsinda Abasiriya (13-34)
Ibintu bibi byahanuriwe Ahabu (35-43)
21
Ahabu yifuza umurima w’imizabibu wa Naboti (1-4)
Yezebeli agambanira Naboti ngo yicwe (5-16)
Eliya avuga ibintu bibi byari kuba kuri Ahabu (17-26)
Ahabu yicisha bugufi (27-29)
22
Isezerano Yehoshafati yagiranye na Ahabu (1-12)
Mikaya ahanura ko Ahabu azatsindwa (13-28)
Ahabu yicirwa i Ramoti-gileyadi (29-40)
Yehoshafati ategeka u Buyuda (41-50)
Ahaziya umwami wa Isirayeli (51-53)