1
2
Eliya azamuka mu kirere ajyanywe n’umuyaga (1-18)
Elisa akiza amazi y’i Yeriko (19-22)
Idubu zica abana b’abahungu b’i Beteli (23-25)
3
Yehoramu, umwami wa Isirayeli (1-3)
Mowabu yigomeka kuri Isirayeli (4-25)
Abamowabu batsindwa (26, 27)
4
Elisa atuma amavuta y’umupfakazi aba menshi (1-7)
Umugore w’i Shunemu acumbikira Elisa (8-16)
Elisa ahemba uwo mugore kubona umwana; uwo mwana apfa (17-31)
Elisa azura uwo mwana wari wapfuye (32-37)
Elisa akura uburozi mu isupu (38-41)
Elisa atuma imigati iba myinshi (42-44)
5
6
7
Elisa ahanura ko inzira izashira (1, 2)
Haboneka ibyokurya Abasiriya bari bataye mu nkambi (3-15)
Ibyo Elisa yahanuye bisohora (16-20)
8
Umugore w’i Shunemu asubizwa isambu ye (1-6)
Elisa, Beni-hadadi na Hazayeli (7-15)
Yehoramu, umwami w’u Buyuda (16-24)
Ahaziya, umwami w’u Buyuda (25-29)
9
Yehu asukwaho amavuta ngo abe umwami wa Isirayeli (1-13)
Yehu yica Yehoramu na Ahaziya (14-29)
Yezebeli yicwa; aribwa n’imbwa (30-37)
10
Yehu yica abo mu muryango wa Ahabu (1-17)
Yehu yica abasengaga Bayali (18-27)
Ibyaranze ubutegetsi bwa Yehu (28-36)
11
Ataliya afata ubutegetsi ku ngufu (1-3)
Yehowashi agirwa umwami mu ibanga (4-12)
Ataliya yicwa (13-16)
Yehoyada ashyiraho abayobozi (17-21)
12
Yehowashi, umwami w’u Buyuda (1-3)
Yehowashi asana urusengero (4-16)
Ibitero by’Abasiriya (17, 18)
Yehowashi yicwa (19-21)
13
Yehowahazi, umwami wa Isirayeli (1-9)
Yehowashi, umwami wa Isirayeli (10-13)
Elisa agerageza Yehowashi (14-19)
Elisa apfa; amagufwa ye atuma umuntu azuka (20, 21)
Ibyo Elisa yahanuye bwa nyuma biba (22-25)
14
Amasiya, umwami w’u Buyuda (1-6)
Intambara Amasiya yarwanye n’Abedomu n’Abisirayeli (7-14)
Yehowashi umwami wa Isirayeli apfa (15, 16)
Amasiya apfa (17-22)
Yerobowamu wa 2, umwami wa Isirayeli (23-29)
15
Azariya, umwami w’u Buyuda (1-7)
Abami ba nyuma ba Isirayeli: Zekariya 8-12), Shalumu (13-16), Menahemu (17-22), Pekahiya (23-26), Peka (27-31)
Yotamu, umwami w’u Buyuda (32-38)
16
Ahazi, umwami w’u Buyuda (1-6)
Ahazi asaba ko Abashuri bamufasha (7-9)
Ahazi yubaka igicaniro nk’icy’abapagani (10-18)
Urupfu rwa Ahazi (19, 20)
17
Hoseya, umwami wa Isirayeli (1-4)
Isirayeli itsindwa (5, 6)
Abisirayeli bajyanwa ku ngufu mu kindi gihugu bitewe n’ubuhakanyi (7-23)
Abanyamahanga batuzwa mu mijyi y’i Samariya (24-26)
I Samariya haza andi madini (27-41)
18
Hezekiya, umwami w’u Buyuda (1-8)
Uko Isirayeli yatsinzwe (9-12)
Senakeribu atera u Buyuda (13-18)
Rabushake atuka Yehova (19-37)
19
Hezekiya yishingikiriza kuri Yehova afashijwe na Yesaya (1-7)
Senakeribu avuga ko azatera Yerusalemu (8-13)
Isengesho rya Hezekiya (14-19)
Yesaya amenyesha Hezekiya uko Imana yamubwiye (20-34)
Umumarayika yica Abasiriya 185.000 (35-37)
20
Hezekiya arwara nyuma akaza gukira (1-11)
Intumwa ziturutse i Babuloni (12-19)
Urupfu rwa Hezekiya (20, 21)
21
Manase, umwami w’u Buyuda; ibyaha yakoze (1-18)
Amoni, umwami w’u Buyuda (19-26)
22
Yosiya, umwami w’u Buyuda (1, 2)
Amabwiriza yo gusana urusengero (3-7)
Haboneka igitabo cy’Amategeko (8-13)
Hulida ahanura ibyago byari kubaho (14-20)
23
Ibyo Yosiya yakoze (1-20)
Bizihiza Pasika (21-23)
Ibindi Yosiya yakoze (24-27)
Urupfu rwa Yosiya (28-30)
Yehowahazi, umwami w’u Buyuda (31-33)
Yehoyakimu, umwami w’u Buyuda (34-37)
24
Yehoyakimu yigomeka hanyuma agapfa (1-7)
Yehoyakini, umwami w’u Buyuda (8, 9)
Icyiciro cya mbere cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (10-17)
Sedekiya, umwami w’u Buyuda; Sedekiya yigomeka (18-20)
25
Nebukadinezari agota Yerusalemu (1-7)
Yerusalemu n’urusengero rwayo bisenywa; icyiciro cya kabiri cy’abajyanywe i Babuloni ku ngufu (8-21)
Gedaliya agirwa guverineri (22-24)
Gedaliya yicwa; abantu bahungira muri Egiputa (25, 26)
Yehoyakini arekurwa ari i Babuloni (27-30)