Umutwe wa 7
Abantu bagaragazwa n’ishyaka ry’imirimo myiza bagira
Kuki Abahamya ba Yehova bemera ko bayoborwa n’Imana? Ni iki kigaragaza ko ari abigishwa nyakuri ba Yesu Kristo? None se ko batangaza ko Ubwami bw’Imana bwatangiye gutegekera mu ijuru, ni ikihe kintu kindi gikomeye bakomeza gutegereza bari maso? Uyu mutwe wa nyuma (Igice cya 31 kugeza ku cya 33) usubiza ibyo bibazo.
[Ifoto yuzuye ipaji ya 702]