UMUTWE WA 2
“Yehova akunda ubutabera”
Muri iki gihe hariho akarengane kenshi, kandi abantu benshi bumva ko Imana ibigiramo uruhare. Nyamara, ibyo Bibiliya ivuga biraduhumuriza. Igira iti: “Yehova akunda ubutabera” (Zaburi 37:28). Muri uyu mutwe, tuzareba ukuntu yagaragaje ko akunda ubutabera n’uko azakuraho akarengane burundu.