ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ikinyarwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • km 10/11 p. 8
  • Uburyo bw’icyitegererezo

Videwo ntibashije kuboneka.

Ihangane, habaye ikibazo mu gufungura videwo.

  • Uburyo bw’icyitegererezo
  • Umurimo Wacu w’Ubwami—2011
  • Ibisa na byo
  • Uburyo bw’icyitegererezo
    Umurimo Wacu w’Ubwami—2012
  • Uburyo bw’icyitegererezo
    Umurimo Wacu w’Ubwami—2014
  • Icyo umuntu yavuga ku bihereranye n’amagazeti
    Umurimo Wacu w’Ubwami—2009
  • Uburyo bw’icyitegererezo
    Umurimo Wacu w’Ubwami—2012
Reba ibindi
Umurimo Wacu w’Ubwami—2011
km 10/11 p. 8

Uburyo bw’icyitegererezo

Gutangiza ibyigisho bya Bibiliya kuwa gatandatu wa mbere wo mu kwezi k’Ugushyingo

“Ese ubona abantu bihatira kubaha Imana ari bo bishimye kurusha abandi? [Reka asubize.] Iyi ngingo irimo ibitekerezo bishishikaje.” Ha nyir’inzu igazeti y’Umunara w’Umurinzi yo ku itariki ya 1 Ugushyingo, hanyuma musomere hamwe ibikubiye munsi ya kamwe mu dutwe duto turi ku ipaji ya 16-17. Musome nibura umurongo umwe w’Ibyanditswe. Muhe amagazeti, kandi muhane gahunda y’igihe uzagarukira kumusura kugira ngo musuzumire hamwe igisubizo cy’ikibazo gikurikiraho.

Umunara w’Umurinzi 1 Ugushyingo

“Hari bamwe batekereza ko ibyo Bibiliya ivuga ku bihereranye n’ibitsina bitagihuje n’igihe kandi ko idushyiriraho imipaka itari ngombwa. Abandi bo bemera ibyo Bibiliya ivuga. Wowe se ubitekerezaho iki? [Reka asubize.] Uyu murongo w’Ibyanditswe tugiye gusoma ugaragaza uwatanze amahame akubiye muri Bibiliya. [Soma muri 2 Timoteyo 3:16.] Iyi gazeti igaragaza uko Bibiliya isubiza ibibazo icumi abantu bakunze kwibaza ku bihereranye n’ibitsina. Nanone, igaragaza uko amahame yo muri Bibiliya atugirira akamaro.”

Nimukanguke! Ugushyingo

“Ese iyo witegereje witonze isanzure ridukikije, ugera ku wuhe mwanzuro? Ese haba hariho Umuremyi cyangwa ibintu byose byabayeho mu buryo bw’impanuka? [Reka asubize.] Dore umwanzuro umwanditsi umwe wa Bibiliya yagezeho ubwo yitegerezaga isanzure. [Soma mu Baroma 1:20.] Iyi gazeti igaragaza ibyo abahanga mu bya siyansi bavumbuye ku bihereranye n’ingirabuzima fatizo y’umuntu. Ibyo bagezeho bituma tubona igisubizo cy’icyo kibazo.”

    Ibitabo by’ikinyarwanda (1976-2025)
    Sohoka
    Injira
    • Ikinyarwanda
    • Yohereze
    • Hitamo
    • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
    • Amategeko agenga Imikoreshereze
    • Ibijyanye n'ibanga
    • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
    • JW.ORG
    • Injira
    Yohereze