UBUTUNZI BWO MU IJAMBO RY’IMANA | MATAYO 16-17
Ese ibitekerezo byawe bihuje n’iby’Imana?
Nubwo Petero yari afite intego nziza, Yesu yahise amucyaha
Yesu yari azi ko icyo kitari igihe cyo ‘kwibabarira.’ Yari asobanukiwe ko Satani ari we wifuzaga ko yidamararira muri ibyo bihe bikomeye
Ibintu bitatu Yesu yavuze ko twakora kugira ngo tuyoborwe n’Imana, bikubiyemo iki?
Kwiyanga
Gufata igiti cy’umubabaro
Gukomeza gukurikiza Yesu