Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
c Umwuzure watejwe n’Imana wakuyeho ibimenyetso byose byarangaga aho Edeni yahoze. Amagambo yo muri Ezekiyeli 31:18, yumvikanisha ko mu kinyejana cya karindwi Mbere ya Yesu, ‘ibiti byo muri Edeni’ byari bimaze igihe kirekire bitakiriho. Ku bw’ibyo, abantu bose bashakishije aho ubusitani bwa Edeni bwahoze nyuma yaho, ntibashoboraga kuhabona.