-
Kubara 26:54Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
54 Abazaba ari benshi uzabahe ahantu hanini, naho abake ubahe ahantu hato.+ Buri muryango uzahabwa umurage hakurikijwe umubare w’abawugize.
-
-
Kubara 33:54Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
54 Muzagabanye icyo gihugu mukoresheje ubufindo,*+ mukurikije imiryango yanyu. Umuryango ufite abantu benshi uzawuhe ahantu hanini, naho ufite abantu bake uwuhe ahantu hato.+ Aho ubufindo buzerekana ko ari ah’umuryango uyu n’uyu, ni ho uwo muryango uzahabwa. Muzagabanye amasambu mukurikije imiryango mukomokamo.+
-