-
Kubara 26:63, 64Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
63 Abo ni bo Mose n’umutambyi Eleyazari babaruye igihe babaruraga Abisirayeli mu bibaya byo mu butayu bw’i Mowabu, hafi y’uruzi rwa Yorodani, ahateganye n’i Yeriko. 64 Ariko muri abo babaruwe icyo gihe, nta n’umwe wari ukiriho mu bo Mose n’umutambyi Aroni babaruriye mu butayu bwa Sinayi,+
-
-
Gutegeka kwa Kabiri 1:35Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
35 ‘nta n’umwe muri aba bantu babi b’iki gihe uzabona igihugu cyiza narahiriye kuzaha ba sogokuruza banyu,+
-
-
Zab. 106:26Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
26 Nuko ararahira,
Avuga ko azabatsinda mu butayu,+
-
Abaheburayo 3:18Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
18 None se, ni ba nde Imana yarakariye ikarahira ko batazaruhuka nk’uko na yo yaruhutse? Ese si ba bandi batumviye?
-
-
-