-
Kuva 16:14Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
14 Amaherezo icyo kime gishiraho maze babona mu butayu utuntu duto tworohereye+ tumeze nk’urubura ruri hasi.
-
-
Kuva 16:31, 32Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
31 Nuko ibyo byokurya Abisirayeli babyita “manu.”* Yari imeze nk’utubuto duto tw’umweru, kandi yaryohaga nk’utugati turimo ubuki.+ 32 Mose aravuga ati: “Yehova yategetse ati: ‘mufate manu yuzuye omeri imwe muyibikire abazabakomokaho+ kugira ngo bazarebe ibyokurya nabagaburiye mu butayu igihe nabakuraga mu gihugu cya Egiputa.’”
-
-
1 Abakorinto 10:2, 3Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
2 Ni nkaho bose babatijwe igihe bari bakurikiye Mose, bari imbere y’igicu n’inyanja. 3 Bose bariye ibyokurya bivuye ku Mana,+
-