-
2 Abami 6:15, 16Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
15 Igihe umugaragu w’umuntu w’Imana y’ukuri yabyukaga mu gitondo agasohoka, yabonye abasirikare benshi, bafite amafarashi n’amagare y’intambara bagose umujyi. Nuko abwira Elisa ati: “Turapfuye databuja, ubu se turakora iki?” 16 Ariko Elisa aramusubiza ati: “Wigira ubwoba+ kuko abari kumwe natwe ari bo benshi kuruta abari kumwe na bo.”+
-
-
Zab. 27:3Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
3 Nubwo naba ngoswe n’ingabo,
Sinzagira ubwoba.+
Nubwo nahura n’intambara,
Nabwo nzakomeza kumwiringira.
-
-
Abaroma 8:31Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
31 None se ibyo bintu byose tubivugeho iki? Ni nde uzaturwanya akadutsinda?+
-