-
Intangiriro 13:8, 9Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
8 Hanyuma Aburamu abwira Loti+ ati: “Si byiza ko njye nawe dutongana ngo n’abashumba bacu batongane kuko twembi turi abavandimwe. 9 Reka dutandukane uture aho ushaka muri iki gihugu. Nujya ibumoso ndajya iburyo, nujya iburyo ndajya ibumoso.”
-
-
Imigani 25:8Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
8 Ntukihutire gutangiza urubanza kugira ngo utazibaza icyo uzakora rurangiye,
Igihe mugenzi wawe azaba amaze kugukoza isoni.+
-
-
Matayo 5:39Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
39 Icyakora njye ndabasaba kutarwanya umuntu mubi. Ahubwo ugukubise urushyi ku itama ry’iburyo ujye umuhindurira n’irindi.+
-
-
Abaroma 12:18Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
-
-
18 Niba bishoboka ku rwanyu ruhande, mubane amahoro n’abantu bose.+
-