Zab. 22:14 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 14 Imbaraga zanjye zigenda zinshiramo nk’uko umuntu asuka amazi agashira,Kandi amagufwa yanjye yose yaratandukanye. Umutima wanjye wabaye nk’igishashara.*+ Nacitse intege.+ Matayo 26:27, 28 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 27 Nanone afata igikombe cyari kirimo divayi, arasenga arakibahereza, maze arababwira ati: “Nimunyweho mwese.+ 28 Iyi divayi igereranya ‘amaraso yanjye+ y’isezerano,’*+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+ Abaheburayo 2:14 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 14 Nuko rero, kubera ko abo “bana” ari abantu bafite amaraso n’umubiri, na we yabaye umuntu ufite amaraso n’umubiri,+ kugira ngo binyuze ku rupfu rwe, ahindure ubusa ufite ububasha bwo guteza urupfu,+ ari we Satani.+
14 Imbaraga zanjye zigenda zinshiramo nk’uko umuntu asuka amazi agashira,Kandi amagufwa yanjye yose yaratandukanye. Umutima wanjye wabaye nk’igishashara.*+ Nacitse intege.+
27 Nanone afata igikombe cyari kirimo divayi, arasenga arakibahereza, maze arababwira ati: “Nimunyweho mwese.+ 28 Iyi divayi igereranya ‘amaraso yanjye+ y’isezerano,’*+ agomba kumenwa ku bwa benshi+ kugira ngo bababarirwe ibyaha.+
14 Nuko rero, kubera ko abo “bana” ari abantu bafite amaraso n’umubiri, na we yabaye umuntu ufite amaraso n’umubiri,+ kugira ngo binyuze ku rupfu rwe, ahindure ubusa ufite ububasha bwo guteza urupfu,+ ari we Satani.+