16 Gogi we, uzazamuka utere abantu banjye ari bo Bisirayeli umeze nk’ibicu bitwikiriye igihugu. Ibyo bizaba mu minsi ya nyuma kandi nzakuzana utere igihugu cyanjye+ kugira ngo amahanga amenye uwo ndi we, igihe nzigaragariza binyuze kuri wowe imbere yayo ko ndi uwera.”’+