ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Ezira 8:36
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 36 Nuko tumenyesha abari bungirije umwami,*+ tumenyesha na ba guverineri bo mu burengerazuba bw’Uruzi rwa Ufurate*+ amategeko umwami yatanze, bafasha abaturage kandi batanga ibintu byose byari bikenewe ku nzu y’Imana y’ukuri.+

  • Esiteri 8:9
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 9 Nuko ku itariki ya 23 z’ukwezi kwa gatatu, ari ko kwitwaga Sivani,* batumaho abanditsi b’umwami. Bandika ibintu byose Moridekayi yategetse Abayahudi, abari bungirije umwami,+ ba guverineri n’abayobozi b’intara 127,+ uhereye mu Buhinde ukagera muri Etiyopiya. Buri ntara bayandikira bakurikije imyandikire yayo, na buri bwoko babwandikira mu rurimi rwabwo n’Abayahudi babandikira bakurikije imyandikire yabo n’ururimi rwabo.

  • Daniyeli 3:2
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 2 Nuko umwami Nebukadinezari atuma abantu ngo bahurize hamwe abari bungirije umwami, ba perefe, ba guverineri, abajyanama, ababitsi, abacamanza, abashinzwe umutekano n’abayobozi bose b’intara, ngo baze gutaha igishushanyo umwami Nebukadinezari yari yashinze.

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze