21 ubwo nari ngisenga, nagiye kubona mbona wa mugabo Gaburiyeli,+ nari nabonye mu iyerekwa rya mbere+ ryansize nta mbaraga mfite, aje aho ndi ahagana ku isaha yo gutanga ituro rya nimugoroba. 22 Nuko aransobanurira ati:
“Daniyeli we, ubu nzanywe no gutuma ugira ubushishozi no gusobanukirwa.