10 Abarinzi ni impumyi.+ Nta n’umwe wamenye ibishobora kubaho.+
Bose ni imbwa z’ibiragi zidashobora kumoka.+
Zirahagira kandi zikiryamira; zikunda gusinzira.
11 Ni imbwa z’ibisambo,
Ntibigera bahaga.
Ni abungeri badasobanukiwe.+
Buri wese yanyuze inzira ye.
Buri wese muri bo yishakira inyungu abanje guhemuka maze akavuga ati: