Matayo 23:34 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 34 Ni yo mpamvu ngiye kubatumaho abahanuzi,+ abanyabwenge n’abigisha.+ Bamwe muri bo muzabica+ mubamanike ku biti, kandi bamwe muri bo muzabakubitira+ mu masinagogi yanyu, mubatotereze+ muri buri mujyi wose bazajyamo, Mariko 13:9 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 9 “Ariko mwebwe muzabe mwiteguye. Abantu bazabatanga babajyane mu nkiko,+ babakubitire mu masinagogi*+ kandi bazabajyana imbere y’abategetsi n’abami babampora. Icyakora muzaboneraho uburyo bwo kubabwira ibyo mwizera.+ Luka 21:12, 13 Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya 12 “Ariko mbere y’uko ibyo bintu byose biba, abantu bazabafata babatoteze.+ Bazabatanga mujyanwe mu masinagogi* no muri za gereza. Bazabajyana imbere y’abami n’abategetsi babahora izina ryanjye.+ 13 Icyakora muzaboneraho uburyo bwo kubwiriza.
34 Ni yo mpamvu ngiye kubatumaho abahanuzi,+ abanyabwenge n’abigisha.+ Bamwe muri bo muzabica+ mubamanike ku biti, kandi bamwe muri bo muzabakubitira+ mu masinagogi yanyu, mubatotereze+ muri buri mujyi wose bazajyamo,
9 “Ariko mwebwe muzabe mwiteguye. Abantu bazabatanga babajyane mu nkiko,+ babakubitire mu masinagogi*+ kandi bazabajyana imbere y’abategetsi n’abami babampora. Icyakora muzaboneraho uburyo bwo kubabwira ibyo mwizera.+
12 “Ariko mbere y’uko ibyo bintu byose biba, abantu bazabafata babatoteze.+ Bazabatanga mujyanwe mu masinagogi* no muri za gereza. Bazabajyana imbere y’abami n’abategetsi babahora izina ryanjye.+ 13 Icyakora muzaboneraho uburyo bwo kubwiriza.