24 “Nuko abwira abari bahagaze aho ati: ‘mumwake iyo mina muyihe ufite mina 10.’+ 25 Ariko baramubwira bati: ‘nyakubahwa, afite izindi mina 10!’ 26 Arabasubiza ati: ‘ndababwira ko ufite wese azahabwa ibindi byinshi, ariko umuntu wese udafite, n’utwo yatekerezaga ko afite bazatumwaka.+