ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Matayo 10:9, 10
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 9 Ntimwitwaze zahabu cyangwa ifeza cyangwa umuringa byo gushyira mu dufuka mushyiramo amafaranga.+ 10 Nanone ntimuzitwaze udufuka turimo ibyo muzarya muri ku rugendo, cyangwa imyenda ibiri,* cyangwa inkweto cyangwa inkoni,+ kuko umukozi akwiriye guhabwa ibyokurya.+

  • Mariko 6:7-9
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 7 Hanyuma ahamagara za ntumwa 12, azituma ari ebyiri ebyiri+ kandi aziha ubushobozi bwo kwirukana abadayimoni.+ 8 Nanone abategeka kutagira icyo bitwaza ku rugendo uretse inkoni yonyine. Abasaba kutitwaza umugati, udufuka bashyiramo ibyo bazarya bari ku rugendo cyangwa udufuka batwaramo amafaranga,*+ 9 ahubwo bakambara inkweto gusa kandi ntibitwaze imyenda ibiri.*

  • Luka 9:2, 3
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 2 Nuko abohereza kubwiriza ibyerekeye Ubwami bw’Imana no gukiza abantu, 3 arababwira ati: “Ntimugire icyo mwitwaza mu rugendo, yaba inkoni, udufuka turimo ibyokurya, umugati cyangwa amafaranga,* kandi ntimwitwaze imyenda ibiri.*+

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze