ISOMERO RYO KURI INTERINETI rya Watchtower
Watchtower
ISOMERO RYO KURI INTERINETI
Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • BIBILIYA
  • IBYASOHOTSE
  • AMATERANIRO
  • Daniyeli 9:26
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 26 “Ibyo byumweru 62 nibirangira, Mesiya azakurwaho*+ kandi nta kintu azasigarana.+

      “Abasirikare b’umuyobozi uzaza bazarimbura umujyi n’ahera.+ Iherezo ryaho rizazanwa n’umwuzure. Hazabaho intambara kugeza ku iherezo. Hemejwe ko hazaba amatongo.+

  • Matayo 27:26
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 26 Nuko abarekurira Baraba, ariko ategeka ko Yesu akubitwa,*+ maze aramutanga ngo bamumanike ku giti.+

  • Matayo 27:31
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 31 Hanyuma, bamaze kumushinyagurira bamwambura wa mwenda, bongera kumwambika imyenda ye, bajya kumumanika ku giti.+

  • Mariko 15:15
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 15 Kubera ko Pilato yifuzaga gushimisha abaturage, yabarekuriye Baraba. Hanyuma aza gutegeka ko Yesu akubitwa,*+ aramutanga ngo amanikwe ku giti.+

  • Luka 23:24, 25
    Bibiliya y’Ubuhinduzi bw’Isi Nshya
    • 24 Nuko Pilato ategeka ko ibyo basaba bikorwa. 25 Afungura umuntu wari warafunzwe azira kwigomeka n’ubwicanyi, uwo bari basabiye ko arekurwa, ariko atanga Yesu ngo bamugenze uko bashaka.

Ibyasohotse mu Marenga (2017-2025)
Sohoka
Injira
  • Ururimi rw'amarenga yo mu Rwanda
  • Yohereze
  • Hitamo
  • Copyright © 2025 Watch Tower Bible and Tract Society of Pennsylvania
  • Amategeko agenga Imikoreshereze
  • Ibijyanye n'ibanga
  • Setingi z'ibijyanye n'ibanga
  • JW.ORG
  • Injira
Yohereze