Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
a Muri iki gice, turi burebe uburyo butatu Yehova akoresha kugira ngo afashe abagaragu be kwihanganira ibibazo bahura na byo, kandi bakabikora bishimye. Nidusuzuma muri Yesaya igice cya 30, turi burusheho gusobanukirwa ubwo buryo Yehova akoresha kugira ngo adufashe. Icyo gice kiri butwibutse akamaro ko gusenga Yehova, kwiga Ijambo rye no gutekereza ku migisha dufite ubu n’iyo tuzabona mu gihe kizaza.