Ibisobanuro ahagana hasi ku ipaji
d Nk’uko byasobanuwe muri Raporo ya 2 y’Inteko Nyobozi 2024, iyo umuntu wakuwe mu itorero aje mu materaniro, umubwiriza ashobora gukoresha umutimanama we watojwe na Bibiliya, akaba yafata umwanzuro wo kumusuhuza asa n’uwihitira no kumuha ikaze mu materaniro cyangwa se akaba yafata umwanzuro wo kutabikora.