Intangiriro 9:6 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 6 Umuntu wese uvusha amaraso y’umuntu na we amaraso ye azavushwa+ n’undi muntu, kuko Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo. Kubara 35:33 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 33 “‘Ntimuzanduze igihugu mutuyemo, kuko amaraso ari yo yanduza igihugu.+ Igihugu ntigitangirwa impongano y’amaraso yakivushirijwemo, keretse iy’amaraso y’uwayavushije.+ 2 Abami 24:4 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 4 n’amaraso y’abatariho urubanza+ yamennye akayuzuza i Yerusalemu; nuko Yehova yanga gutanga imbabazi.+ Imigani 6:17 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 17 amaso y’ubwibone,+ ururimi rubeshya+ n’amaboko avusha amaraso y’utariho urubanza,+ Yesaya 59:3 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 3 Kuko ibiganza byanyu byahumanyijwe n’amaraso,+ n’intoki zanyu zigahumanywa n’ibyaha. Iminwa yanyu yavuze ibinyoma,+ n’ururimi rwanyu rukomeza kuvuga ibyo gukiranirwa.+ Yeremiya 2:34 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 34 Kandi ku ncunda z’imyambaro yawe habonetseho ibizinga by’amaraso y’ubugingo+ bw’abakene batariho urubanza.+ Sinigeze mbafatira mu cyuho, ahubwo nasanze amaraso yabo ku ncunda z’imyenda yawe yose.+ Matayo 23:30 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 30 maze mukavuga muti ‘iyo tuba twarabayeho mu gihe cya ba sogokuruza, ntituba twarafatanyije na bo kumena amaraso y’abahanuzi.’+ Abaheburayo 11:37 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 37 Bicishijwe amabuye,+ barageragejwe,+ bacibwamo kabiri n’inkerezo, bicishwa+ inkota, bazerera bambaye impu z’intama,+ bambaye impu z’ihene, bari mu bukene,+ mu mibabaro,+ bagirirwa nabi,+
6 Umuntu wese uvusha amaraso y’umuntu na we amaraso ye azavushwa+ n’undi muntu, kuko Imana yaremye umuntu mu ishusho yayo.
33 “‘Ntimuzanduze igihugu mutuyemo, kuko amaraso ari yo yanduza igihugu.+ Igihugu ntigitangirwa impongano y’amaraso yakivushirijwemo, keretse iy’amaraso y’uwayavushije.+
4 n’amaraso y’abatariho urubanza+ yamennye akayuzuza i Yerusalemu; nuko Yehova yanga gutanga imbabazi.+
3 Kuko ibiganza byanyu byahumanyijwe n’amaraso,+ n’intoki zanyu zigahumanywa n’ibyaha. Iminwa yanyu yavuze ibinyoma,+ n’ururimi rwanyu rukomeza kuvuga ibyo gukiranirwa.+
34 Kandi ku ncunda z’imyambaro yawe habonetseho ibizinga by’amaraso y’ubugingo+ bw’abakene batariho urubanza.+ Sinigeze mbafatira mu cyuho, ahubwo nasanze amaraso yabo ku ncunda z’imyenda yawe yose.+
30 maze mukavuga muti ‘iyo tuba twarabayeho mu gihe cya ba sogokuruza, ntituba twarafatanyije na bo kumena amaraso y’abahanuzi.’+
37 Bicishijwe amabuye,+ barageragejwe,+ bacibwamo kabiri n’inkerezo, bicishwa+ inkota, bazerera bambaye impu z’intama,+ bambaye impu z’ihene, bari mu bukene,+ mu mibabaro,+ bagirirwa nabi,+