Gutegeka kwa Kabiri 29:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 “Umuntu niyumva amagambo y’iyi ndahiro+ akagira ubwibone mu mutima we, akibwira ati ‘nubwo nzagira umutima wo kwigomeka+ nzagira amahoro,’+ agamije kurimbura buri wese, nk’uko umuntu yakukumbira hamwe ubutaka bunese n’ubukakaye, Abacamanza 2:19 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 19 Iyo umucamanza yapfaga, basubiraga inyuma, bagakora ibibarimbuza kurusha ba sekuruza, bagakurikira izindi mana bakazikorera, bakazunamira.+ Ntibarekaga ibyo bikorwa byabo no kwigomeka kwabo.+ Nehemiya 9:29 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 29 Nubwo wababuriraga+ ngo bagarukire amategeko yawe,+ bagaragazaga ubwibone+ ntibumvire amategeko yawe; baracumuraga+ ntibakurikize imanza zawe,+ kandi ari zo zabeshaho umuntu aramutse azikurikije.+ Bakomezaga kwinangira bagaterura intugu,+ bagashinga amajosi+ maze ntibumvire.+ Yeremiya 6:28 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 28 Bose barinangiye birengeje urugero,+ bagenda basebanya;+ bameze nk’umuringa n’icyuma. Bose ni abarimbuzi.+ Yeremiya 7:24 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 24 Ariko ntibigeze bumva cyangwa ngo batege amatwi,+ ahubwo bakomeje kugendera mu migambi y’imitima yabo mibi yinangiye,+ bituma basubira inyuma aho kujya mbere,+ Yeremiya 9:14 Bibiliya—Ubuhinduzi bw’isi nshya 14 ahubwo bagakomeza kugenda bakurikiza imitima yabo yinangiye,+ bagakurikira ibishushanyo bya Bayali,+ ibyo ba sekuruza babigishije,+
19 “Umuntu niyumva amagambo y’iyi ndahiro+ akagira ubwibone mu mutima we, akibwira ati ‘nubwo nzagira umutima wo kwigomeka+ nzagira amahoro,’+ agamije kurimbura buri wese, nk’uko umuntu yakukumbira hamwe ubutaka bunese n’ubukakaye,
19 Iyo umucamanza yapfaga, basubiraga inyuma, bagakora ibibarimbuza kurusha ba sekuruza, bagakurikira izindi mana bakazikorera, bakazunamira.+ Ntibarekaga ibyo bikorwa byabo no kwigomeka kwabo.+
29 Nubwo wababuriraga+ ngo bagarukire amategeko yawe,+ bagaragazaga ubwibone+ ntibumvire amategeko yawe; baracumuraga+ ntibakurikize imanza zawe,+ kandi ari zo zabeshaho umuntu aramutse azikurikije.+ Bakomezaga kwinangira bagaterura intugu,+ bagashinga amajosi+ maze ntibumvire.+
28 Bose barinangiye birengeje urugero,+ bagenda basebanya;+ bameze nk’umuringa n’icyuma. Bose ni abarimbuzi.+
24 Ariko ntibigeze bumva cyangwa ngo batege amatwi,+ ahubwo bakomeje kugendera mu migambi y’imitima yabo mibi yinangiye,+ bituma basubira inyuma aho kujya mbere,+
14 ahubwo bagakomeza kugenda bakurikiza imitima yabo yinangiye,+ bagakurikira ibishushanyo bya Bayali,+ ibyo ba sekuruza babigishije,+